SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
Ahabanza

Newsletter

THE MOST IMPORTANT WORLD NEWS AND EVENTS OF THE DAY

Subscribe to our mailing list to receives daily updates direct to your inbox!

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / FAQs / Contact Us 

Urinzwenimana Mike
Izanditswe na Urinzwenimana Mike
Ingabire Victoire, umushinga wahombeye Abanyaburayi muri gahunda ya mpatsibihugu
14 Nya 2025Twinigure
Ingabire Victoire, umushinga wahombeye Abanyaburayi muri gahunda ya mpatsibihugu

Ubwanditsi: Ibikubiye muri iyi nkuru ni ibitekerezo bwite by’umusomyi wa IGIHE, Urinzwenimana Mike.

Uko Ingabo Za Habyarimana Zambuye Amakariso N Amasengeri Abasirikare Ba MINUAR
15 Mat 2025Mu Mateka
Uko Ingabo Za Habyarimana Zambuye Amakariso N Amasengeri Abasirikare Ba MINUAR

Nyuma y’uko indege ya Juvenal Habyarimana wari Perezida w’u Rwanda irashwe, ku wa 7 Mata 1994, Abatutsi bari batuye mu bice bya Kimironko, Migina, Nyagatovu, Gihogere batangiye kwicwa ndetse bigatizwa umurindi no kuba bose barifuzaga ubuhungiro muri Stade Amahoro yari irinzwe na MINUAR.

Ikiganiro Tito Rutaremara Yagiranye N Abarimo Col Bagosora Umunsi Indege Ya
6 Mat 2025Mu Mateka
Ikiganiro Tito Rutaremara Yagiranye N Abarimo Col Bagosora Umunsi Indege Ya

Mu ijoro ryo ku wa 6 Mata 1994 bimaze kumenyekana ko indege ya Juvenal Habyarimana wari Perezida w’u Rwanda yahanuwe, Tito Rutaremara wari mu banyepolitike ba FPR Inkotanyi yahamagaye abantu batandukanye ngo ubwicanyi bwari butangiye gukorerwa Abatutsi buhagarare ariko biba iby’ubusa.

Byagenda bite Abanyarwanda bataye umuco?
12 Ukw 2024Umuco
Byagenda bite Abanyarwanda bataye umuco?

Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe mu 2015, rifata Umuco Nyarwanda nk’inkingi ya mwamba ifasha kubaka no gushimangira mu Banyarwanda imitekerereze, imyifatire, imyitwarire n’imigirire ibaganisha ku iterambere rirambye, riha kandi leta y’u Rwanda inshingano yo kurengera no guteza imbere umuco w’u Rwanda.

Abavandimwe ba Noël Zihabamwe bavugwaho gushimutwa na Leta y’u Rwanda; bari he?
22 Gas 2024U Rwanda
Abavandimwe ba Noël Zihabamwe bavugwaho gushimutwa na Leta y’u Rwanda; bari he?

Mu mpera z’umwaka wa 2019, nibwo humvikanye inkuru ya bamwe mu bavandimwe b’uwitwa Noël Zihabamwe utuye i Sydney muri Australie, bivugwa ko baburiwe irengero bashimutiwe mu Rwanda, bikwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga, mu bitangazamakuru mpuzamahanga ndetse na raporo ya Human Right Watch ya 2023 ibikomozaho.

Mu Rwanda byaba byemewe gukora ubukangurambaga ku baryamana bahuje ibitsina?
16 Mut 2023Twinigure
Mu Rwanda byaba byemewe gukora ubukangurambaga ku baryamana bahuje ibitsina?

{Ubwanditsi: Ibikubiye muri iyi nyandiko ni ibitekerezo bwite by’umwanditsi Urinzwenimana Mike}}

Impamvu udakwiriye  kuremererwa n’ibibazo by’ubuzima
9 Ukw 2022Twinigure
Impamvu udakwiriye kuremererwa n’ibibazo by’ubuzima

{Ubwanditsi: Ibikubiye muri iyi nyandiko ni ibitekerezo bwite by’umwanditsi Urinzwenimana Mike}

Indangagaciro z’umuco Nyarwanda, Nyirantarengwa y’abayita impirimbanyi z’uburenganzira bwa muntu?
11 Nya 2022Twinigure
Indangagaciro z’umuco Nyarwanda, Nyirantarengwa y’abayita impirimbanyi z’uburenganzira bwa muntu?

Amateka agaragaza ko mbere y’uko abakoloni bagera mu Rwanda, rwari rumaze imyaka irenga 800 rwariremye, rufite umuco n’indangagaciro zarwo, ururimi, ubutegetsi, ingabo zihora zirinze inkiko kandi zagura u Rwanda, rufite amategeko n’abayobozi barinze umutekano w’imbere mu gihugu. U Rwanda rwari rwariyubatse, rushyiraho leta.

Ese  ni ngombwa gusenga ?
19 Nze 2021Imyemerere
Ese ni ngombwa gusenga ?

Mu myizerere itandukanye y’abantu usanga benshi bagira uburyo basengamo Imana yabo, kikaba igikorwa cyubahwa kuko biba ari nk’umuyoboro uhuza abizera n’Imana, bikaba kandi urufunguzo rufungura irembo cyangwa umuryango abizera binjiriramo bakagera ku gukora kw’Imana yabo.

Ni iki kiri gutuma abantu bahitamo  kwiyahura nk’igisubizo cya nyuma cy’ibibazo bafite?
20 Kan 2021Columnists
Ni iki kiri gutuma abantu bahitamo kwiyahura nk’igisubizo cya nyuma cy’ibibazo bafite?

Hashize iminsi humvikana inkuru z’abantu bakomeje kwiyahura mu bice bitandukanye mu gihugu , ubwiyongere bw’abakomeje kwiyambura ubuzima bwatumye abantu bamwe batangira kugira ubwoba bibaza impamvu iri gutuma abantu bafata igikorwa cyo kwiyahura nk’igusubizo cya nyuma cy’ibibazo bafite.

Komeza udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram