SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • politiki
  • ubuzima
  • imikino
  • imyidagaduro
  • ikoranabuhanga
  • umuco
  • ubukungu
  • abantu
  • ubukerarugendo
  • ibidukikije
  • amadini

Newsletter

THE MOST IMPORTANT WORLD NEWS AND EVENTS OF THE DAY

Subscribe to our mailing list to receives daily updates direct to your inbox!

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / FAQs / Contact Us 

Kim Jong Un Yategetse Ko Ibikorwa Byo Kongera Intwaro Kirimbuzi Byihutishwa
4 Kam 2026Mu Mateka
Kim Jong Un Yategetse Ko Ibikorwa Byo Kongera Intwaro Kirimbuzi Byihutishwa
3 Kam 2026Mu Mateka
Birutse Nk Imbwa Kambanda Asiga Imodoka Amb Ngarambe Ku Munsi Guverinoma Y
1 Kam 2026Mu Mateka
Tariki ya 1 Kamena 2026
31 Gic 2026Mu Mateka
Imbere Mu Rugendo Rwa Musabyemungu Rwo Gukura Gen Maj RTD Na Ngendahimana Muri
15 Gic 2026Mu Mateka
Byagenze Bite Ngo Ahiciwe Abatutsi Benshi Hahabwe Izina CND
10 Gic 2026Mu Mateka
Agathe Kanziga Yari Ku Isonga Mu Kazu Inyandiko Yari Yaragizwe Ibanga Yahishuye
9 Gic 2026Mu Mateka
Ibitaravuzwe Ku Ibaruwa Isingiza Juvenal Habyarimana Yanditswe Na Musenyeri
Izindi Nkuru muri Mu Mateka
Hari Abanye Congo Bafataga Habyarimana Nka Perezida Wabo Umushakashatsi
6 Gic 2026Mu Mateka
Hari Abanye Congo Bafataga Habyarimana Nka Perezida Wabo Umushakashatsi

Umunye-Congo ukora ubushakashatsi n’ubusesenguzi ku bibera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Dr. Alex Mvuka, yatangaje ko hari Abanye-Congo bafataga Habyarimana Juvénal nka perezida wabo kandi ko bashenguwe bikomeye n’urupfu rwe.

Yarashweho Afungirwa Mu Kigo Cya Gisirikare Urwo Sir David Attenborough
4 Gic 2026Mu Mateka
Yarashweho Afungirwa Mu Kigo Cya Gisirikare Urwo Sir David Attenborough

Mu 1978, ubwo Habyarimana Juvénal yari amaze imyaka itanu akuyeho ubutegetsi bwa Kayibanda Grégoire, Abongereza babiri bakoze urugendo rw'amateka muri Afurika rwari rugamije kwerekana uko ingagi zo mu birunga zibayeho.

Umunsi Loni Yanzura Gucyura Abasirikare 2230 Bari Mu Rwanda Ikagabiza Abatutsi
21 Mat 2026Mu Mateka
Umunsi Loni Yanzura Gucyura Abasirikare 2230 Bari Mu Rwanda Ikagabiza Abatutsi

Tariki ya 21 Mata 1994, hari hashize ibyumweru bibiri Jenoside yakorewe Abatutsi itangiye mu gihugu hose. Raporo z’umutekano zari zikomeje gucicikana mu Rwanda no mu muryango mpuzamahanga muri rusange, intero ari uko ibintu byarushagaho kuzamba mu bice bitandukanye by’iki gihugu ariko igitekerezo cyo gutabara cyari kure nk’ukwezi.

Akazu Kahawe Butamwa Na Ngenda Ngo Kisubize Ubutegetsi Kagamburuzwa N Umwiryane
20 Mat 2026Mu Mateka
Akazu Kahawe Butamwa Na Ngenda Ngo Kisubize Ubutegetsi Kagamburuzwa N Umwiryane

Nyuma y’aho ingabo za RPA zihagaritse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, abahoze mu butegetsi bwa Habyarimana Juvénal bari bakwiye imishwaro mu mahanga bateguye umugambi wo kubusubiraho bwangu, banzura ko kugira ngo bishoboke bagomba gushakira intwaro ingabo zatsinzwe (Ex-FAR) n’Interahamwe.

U Rwanda Rugiye Kujya Ruhabwa Imiti Na Sandoz Yo Mu Busuwisi
16 Mat 2026Mu Mateka
U Rwanda Rugiye Kujya Ruhabwa Imiti Na Sandoz Yo Mu Busuwisi

U Rwanda rwagiranye amasezerano y’imikoranire n’Ikigo cyo mu Busuwisi gikora imiti cya Sandoz, yo gukora no kuruha imiti itandukanye irimo ivura kanseri.

Uko Kanziga Yahungiye Mu Bufaransa Yizezwa Ko Mu Minsi Mike Azataha
16 Mat 2026Mu Mateka
Uko Kanziga Yahungiye Mu Bufaransa Yizezwa Ko Mu Minsi Mike Azataha

Imyaka 32 irashize umugore wa Juvénal Habyarimana, Agathe Kanziga, n’abana babo bahungiye mu Bufaransa, aho yageze yizezwa n’abo bari bafatanyije umugambi wa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ko mu gihe gito azacyurwa.

Mutwengere Inzoga Tuzanywa Twizihirwa Umututsi Usohoka Apfe Amagambo Yari Kuri
13 Mat 2026Mu Mateka
Mutwengere Inzoga Tuzanywa Twizihirwa Umututsi Usohoka Apfe Amagambo Yari Kuri

Radiyo ya RTLM ni urugero rukomeye rugaragaza uburyo itangazamakuru rutwitsi ryo mu Rwanda ryakoreshejwe mu gutegura Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Abanyamakuru bayo barimo Bemeriki Valérie na Habimana Kantano barakoreshejwe karahava.

Umunsi Ibihumbi By Abatutsi Bari Bahungiye Kuri Saint Andre I Nyamirambo Bishwe
13 Mat 2026Mu Mateka
Umunsi Ibihumbi By Abatutsi Bari Bahungiye Kuri Saint Andre I Nyamirambo Bishwe

Ku munsi nk’uyu tariki ya 13 Mata mu 1994, Leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu. Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hashoboye kumenyekana hiciwe Abatutsi mu 1994.

Urupfu Rwa Habyarimana Rwaciye Bufaransa Umugongo Bwihutira Gucyura Abenegihugu
12 Mat 2026Mu Mateka
Urupfu Rwa Habyarimana Rwaciye Bufaransa Umugongo Bwihutira Gucyura Abenegihugu

Mu ijoro ryo ku wa 6 Mata 1994 ubwo Juvénal Habyarimana yari amaze kwicwa ahanuwe mu ndege yari imuvanye mu biganiro by’amahoro bya Arusha muri Tanzania, u Bufaransa bwayoborwaga na François Mitterrand bwacitse umugongo kuko bwari bubuze inshuti magara.

Ibyatangajwe Na Televiziyo Zo Mu Bufaransa Umunsi Ababiligi Bacyura Bene Wabo
11 Mat 2026Mu Mateka
Ibyatangajwe Na Televiziyo Zo Mu Bufaransa Umunsi Ababiligi Bacyura Bene Wabo

Mu minsi nk’iyi muri Mata 1994, Ingabo z’Ababiligi zari mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kugarura amahoro mu Rwanda (MINUAR) zari zashyashyanye, zishakisha mu Mujyi wa Kigali Umubiligi n’Umufaransa aho ava akagera kugira ngo zimuhungishe bwangu.

Nta Nyungu Tubona Mu Batutsi Mitterrand Imyaka Ine Mbere Ya Jenoside
9 Mat 2026Mu Mateka
Nta Nyungu Tubona Mu Batutsi Mitterrand Imyaka Ine Mbere Ya Jenoside

Umubano wa Perezida François Mitterrand na Habyarimana Juvénal wagejeje u Rwanda kuri Jenoside yakorewe Abatutsi wavuzwe kenshi ndetse ibihamya by’uko umwe yari umubyeyi, undi ari umwana na byo si bishya.

Uko Ishingwa Rya RTLM Ryashimangiriwe Na Habyarimana Mu Urugwiro
8 Mat 2026Mu Mateka
Uko Ishingwa Rya RTLM Ryashimangiriwe Na Habyarimana Mu Urugwiro

Ku wa 7 Mata 2026, mu ijambo yagejeje ku bitabiriye umuhango wo gutangiza igikorwa cyo Kwibuka ku Nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Jean Damascène Bizimana, yagarutse ku kuntu ishyaka ryabahezanguni mu ngengabitekerezo ya Jenoside rya CDR (Coalition pour la défense de la République), ryashingiwe mu biro bya Perezida Habyarimana ku wa 22 Gashyantare 1992.

Akazu Kanze Marcel Gatsinzi Intambara Y Ubutegetsi Nyuma Y Ihanurwa Ry Indege
8 Mat 2026Mu Mateka
Akazu Kanze Marcel Gatsinzi Intambara Y Ubutegetsi Nyuma Y Ihanurwa Ry Indege

Umwiryane mu butegetsi bwa Juvénal Habyarimana ntabwo watangiye nyuma y’urupfu rwe, kuko na mbere hari haragiye habaho ibimenyetso by’uko atavuga rumwe n’abari bagize Akazu barimo umugore we, Agathe Kanziga Habyarimana na basaza be. Urugero rworoshye ni urupfu rwa Colonel Stanislas Mayuya.

Umunsi Kanziga Na Zigiranyirazo Bicisha Umupadiri W Umututsi Wanze Gusengera
7 Mat 2026Mu Mateka
Umunsi Kanziga Na Zigiranyirazo Bicisha Umupadiri W Umututsi Wanze Gusengera

Inkuru zigaruka kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 cyane cyane ibyabaye ku munsi wayo wa mbere, zikunze kwibanda cyane ku byabereye mu Mujyi wa Kigali, ni gake uzumva uko byari byifashe i Rambura ku ivuko rya Juvenal Habyarimana n’umugore we, Agathe Kanziga.

Ibyatangajwe Na CIA Nyuma Y Urupfu Rwa Habyarimana
6 Mat 2026Mu Mateka
Ibyatangajwe Na CIA Nyuma Y Urupfu Rwa Habyarimana

Mu mpamvu zitangwa n’abahakana ko indege ya Juvénal Habyarimana yahanuwe n’abasirikare be, bajya bashyiramo urwitwazo rw’uko nta ntwaro zihanura indege icyo gisirikare cye cyagiraga, nyamara amakuru y’Ikigo cy’Ubutasi cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika (CIA), agaragaza ko FAR yari yibitseho izo mbunda 35 hamwe na missile 15.

Umunsi Col Nsekalije Avuga Ko Adatoneshje Ab Iwabo Ngo Bige Bazamutera Amabuye
5 Mat 2026Mu Mateka
Umunsi Col Nsekalije Avuga Ko Adatoneshje Ab Iwabo Ngo Bige Bazamutera Amabuye

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène, yagaragaje uburyo politiki y’iringaniza mu mashuri ari kimwe mu bihe bibi uburezi bw’u Rwanda bwanyuzemo, anenga ububasha bwari bwarahawe Col. Nsekalije Aloys wari Minisitiri w’Amashuri Abanza n’Ayisumbuye bwo kwihitiramo 5% by’abagenerwa imyanya.

Uko Umuryango Wa Habyarimana Wagambaniye Uwilingiyimana Agathe Ugashaka No
20 Wer 2026Mu Mateka
Uko Umuryango Wa Habyarimana Wagambaniye Uwilingiyimana Agathe Ugashaka No

Guhera mu ijoro rya tariki ya 6 Mata 1994 ubwo indege ya Habyarimana Juvénal yaraswaga na we akahaburira ubuzima, abo mu muryango we bari bafite umujinya w’umuranduranzuzi, bashakisha impande n’impande abo bakwica mu rwego rusa no kwihorera.

Bashinjwaga Gutwara Amasasu Mu Byansi Umunsi Abatutsi Bo Mu Bigogwe Bicwa
25 Mut 2026Mu Mateka
Bashinjwaga Gutwara Amasasu Mu Byansi Umunsi Abatutsi Bo Mu Bigogwe Bicwa

Tariki ya 25 Mutarama 1991, wari umunsi w’icuraburindi ku Abatutsi bo mu Bigogwe bishwe bashinjwa kuba ibyitso by’Inkotanyi.

Inkomoko Y Igitekerezo Cyo Gushyira Ibiro By Umukuru W Igihugu Ku Kacyiru
24 Mut 2026Mu Mateka
Inkomoko Y Igitekerezo Cyo Gushyira Ibiro By Umukuru W Igihugu Ku Kacyiru

Village Urugwiro ni ibiro by’Umukuru w’Igihugu biherereye mu Murenge wa Kacyiru mu Karere ka Gasabo. Byatangiye gukoreshwa bihoraho mu myaka irenga 30 ishize ubwo Pasteur Bizimungu yayoboraga u Rwanda.

Tariki ya 2 Mutarama 2026
2 Mut 2026Mu Mateka
Tariki ya 2 Mutarama 2026

Turi ku wa 2 Mutarama 2026. Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1971: Abantu 70 bishwe no kubura umwuka bitewe n’umubyigano wabaye muri Stade y’i Glasgow muri Écosse. 1974: Perezida wa 37 wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Richard Nixon, yemeje iteka ryo kutarenza umuvuduko wa kilometero 90 ku batwara ibinyabiziga. 1997: […]

Ikunzwe muri Mu Mateka
Hari Abanye Congo Bafataga Habyarimana Nka Perezida Wabo Umushakashatsi
Hari Abanye Congo Bafataga Habyarimana Nka Perezida Wabo Umushakashatsi
01
02
4 Gic 2026Mu Mateka
Yarashweho Afungirwa Mu Kigo Cya Gisirikare Urwo Sir David Attenborough
03
21 Mat 2026Mu Mateka
Umunsi Loni Yanzura Gucyura Abasirikare 2230 Bari Mu Rwanda Ikagabiza Abatutsi
04
20 Mat 2026Mu Mateka
Akazu Kahawe Butamwa Na Ngenda Ngo Kisubize Ubutegetsi Kagamburuzwa N Umwiryane
05
16 Mat 2026Mu Mateka
U Rwanda Rugiye Kujya Ruhabwa Imiti Na Sandoz Yo Mu Busuwisi
Komeza Udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram