Kurira mu ruhame, kurya mbere y’abana: Zimwe mu ndangagaciro nyarwanda ziri gukendera (Video)
Umunyarwanda yagize ati ’Agahugu katagira umuco karacika”, ibi bivuze ko mu isi buri gihugu kigiye gifite amateka n’umuco byacyo byihariye bikiranga. Abanyarwanda bagira indangagaciro nyinshi arizo zibamo za Kirazira, gusa zimwe muri zo zigenda zizimira kubera kwigana imico y’ahandi.