Hari n’ibihuha byagiye bihimbwa bigamije kuyobya abatari bariho icyo gihe cyangwa abataracukumbuye, ngo bacengere neza imibereho y’abanyarwanda bo hambere.

Hari nk’abavuga ko iyo umukobwa yajyaga mu mihango, bacukuraga umwobo akicaraho kugeza igihe iminsi ye irangiriye.

Umusizi Nsanzabera Jean de Dieu akaba n’umushakashatsi ku muco, amateka n’ubuvanganzo, yavuye imuzi ibyo umukobwa wajyaga mu mihango icyo gihe yifashishaga.

Kurikira ikiganiro