Ubwanditsi: Ibikubiye muri iyi nkuru ni ibitekerezo bwite by’umusomyi wa IGIHE, Ganza K. Bertin.
Mu gihugu gituwe n’abagera kuri miliyoni 14, bivugwa ko umupira w’amaguru uhatse indi mikino yose, biragoye kubona abafana buzuza Stade Amahoro yakira abantu ibihumbi 45 kandi hatanzwe amatike arenga ibihumbi 30 y’ubuntu.
Ubwanditsi: Ibikubiye muri iyi nkuru ni ibitekererezo by’ Umuvugizi w’Umujyi wa Kigali, Emma Claudine Ntirenganya.
Ubwanditsi: {Ibikubiye muri iyi nkuru ni ibitekerezo bwite iby’Umuyobozi Wungirije Umukuru wa Benirage, Nyirimanzi Rwashanebo}
Mukomeze Muze, Mwinjire Tubature, Mwicare Tubakire, Tuganire Tuganure.
{Ubwanditsi: Ibikubiye muri iyi nyandiko ni ibitekerezo bya Lt Col (Rtd) Nyirimanzi Gerard, umushakashatsi ku muco n'amateka by'u Rwanda.}
U Rwanda ruri mu bihugu bigaragazwa nk’ibifite iterambere riri kwihuta kurusha ibindi ku Isi, rukagira umwihariko wo kwakira neza abarugana, ibituma abanyamahanga benshi bifuza gukorera cyangwa kuruhukira muri iki gihugu cy’imisozi 1000.
Ubwanditsi: Ibikubiye muri iyi nkuru ni ibitekerezo bwite by’umusomyi wa IGIHE, Urinzwenimana Mike.
{Ubwanditsi: Ibikubiye muri iyi nyandiko ni ibitekerezo bya Lt Col (Rtd) Nyirimanzi Gerard. Ni umushakashatsi ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi no ku budaheranwa bw’Abanyarwanda.}
Ubwanditsi: {Ibikubiye muri iyi nkuru ni ibitekerezo bwite bya Musangwa Arthur, Umunyamakuru wandika ku ngingo zitandukanye.}
Isi irimo kwinjira mu gihe cy’impinduramatwara mu myumvire ku mibonano mpuzabitsina, aho ibikoresho byifashishwa mu gushimisha mu buryo bw’ibanga bizwi nka ‘sex toys’ biri kugenda byifashishwa na benshi, by'umwihariko urubyiruko, abagore n’abagabo batandukanye.
Ubwanditsi: Ibikubiye muri iyi nkuru ni ibitekerezo bwite by’Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC), Bob Gakire.
{Ubwanditsi: Ibikubiye muri iyi nkuru ni ibitekerezo by'Umunyamuryango wa Unity Club Intwararumuri akaba umwarimu n’umushakashatsi, Dr. Musafiri Papias Malimba}
Iby’ubu byabaye akasamutwe wa mugani. Ibyari amabanga ntibikiri yo, ibyagombaga guhishwa ni byo bisigaye byandagaye. Isi ya kera si yo y’ubu “Ibintu Byarahindutse" nk'uko Tom Close yabivuze.
{Ubwanditsi: Ibikubiye muri iyi nyandiko ni ibitekerezo bya Natacha Umutoni Ushinzwe Itumanaho n’ibijyanye no kwiga mu Kigo cya Cenfri}
Tshisekedi ntiyifuza ko intambara yo muri Kivu zombi irangira; kuko irangiye abanye-Congo bamubaza ubukungu n’imiyoborere myiza yabemereye igihe bizazira byabura bakamukuraho.
“Abanyarwanda bareba uyu mupira baragowe, ibaze kwishyura itike yawe ukava i Kigali uje kureba ibintu nk’ibi.’’ Aya magambo yanguye mu gutwi ni ay’umwe mu bafana barebye umukino APR FC yanyagiyemo Rutsiro FC ibitego 5-0 ku wa 27 Mata 2025.
Ubwanditsi: Ibikubiye muri iyi nkuru ni ibitekerezo bwite by’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umuryango Unity Club Intwararumuri, Uwacu Julienne.
Muri gahunda ya Guverinoma y’imyaka itanu iri imbere (NST2), imwe mu ngingo zikubiye mu iterambere ry’uburezi ni ugufasha buri Munyarwanda kugira ubumenyi bw’ibanze mu gusoma no kubara.
Ubwanditsi: Ibikubiye muri iyi nyandiko ni ibitekerezo bya Kirenga Clement, umuyobozi mu Ishami ry'Umuryango w'Abibumbye ryita ku iterambere (UNDP) mu Rwanda, ku mwanya wa National Coordinator, Inclusive Governance.