Mu kwihohora, Senderi Hit yise Kayitare umuntu “wazimye nk’ibishwangara”
{Uwitwa Kayitare Wayitare Dembe ashobora kuba atari azi neza uwo yiterereje ubwo yagaragazaga ko ashaka guterana amagambo na Senderi Hit, avuga ko atamubara mu bahanzi apfukamiye mu kugaruka mu muziki kwe.} Aya magambo Kayitare yakoresheje, Senderi yavuze ko ari ayo gushaka kumuzamukiraho, kandi ko Kayitare amubara nk’umuntu wazimye nk’ibishwangara, umeze nk’umuyonga. Mu gukoza agati mu […]