-* 1. -* Uri uwatumye menya ko -* urukundo rubaho -* Nkagukunda ntabizi ariko nkibaza -* impamvu yatumye nkubonye -* Nkumva nezerewe -* Nkisanga mu bihe byiza bidasanzwe -* ubuzima bwanjye -* Kandi wari umunsi wa mbere nkubonye -* Gusa narihanganye ndambirwa no gutegereza -* Ariko nkibaza: [Piano] -* Ref: -* {Ese nawe urabyumva nk’uko […]