-* 1.
-* Uri uwatumye menya ko
-* urukundo rubaho
-* Nkagukunda ntabizi ariko nkibaza
-* impamvu yatumye nkubonye
-* Nkumva nezerewe
-* Nkisanga mu bihe byiza bidasanzwe
-* ubuzima bwanjye
-* Kandi wari umunsi wa mbere nkubonye
-* Gusa narihanganye ndambirwa no gutegereza
-* Ariko nkibaza: [Piano]

-* Ref:

-* {Ese nawe urabyumva nk’uko mbyumva (ese urabyumvaaaa)
-* Ese nawe washimishijwe no kumbona
-* Ese nawe wifuza kuzamobna undi munsi
-* Ese nawe wifuza kuzamobna undi munsi
-* Ariko imbara-mbara mba mbara imbaga ga
-* Z’urukundo
-* Nizo zizadu-du dudu dudu-du… zizaduhuza
-* [Njye nawe]
-* Ariko imbara-mbara mba mbara imbaga ga
-* Z’urukundo
-* Nizo zizadu-du dudu dudu-du… zizaduhuza
-* [Njye nawe]}

-* 2. Nyuma y’iminsi irindwi
-* ubuzima bwanjye ntibwongeye kuba uko bwari busanzwe
-* Oya, oya oya oya oya
-* Ngahora nibaza uko njye nawe
-* twaremwe n’imbaraga z’urukundo mu mitima yacu
-* Nkumva bikwiye ko dukundana
-* N’ubwo ari bake bazi agaciro k’urukundo
-* Njyewe urwio ngufitiye ntirusanzwe
-* Uhhhhhh……

-* Ref

-* {Ese nawe urabyumva nk’uko mbyumva (ese urabyumvaaaa)
-* Ese nawe washimishijwe no kumbona
-* Ese nawe wifuza kuzamobna undi munsi
-* Ese nawe wifuza kuzamobna undi munsi
-* Ariko imbara-mbara mba mbara imbaga ga
-* Z’urukundo
-* Nizo zizadu-du dudu dudu-du… zizaduhuza
-* [Njye nawe]
-* Ariko imbara-mbara mba mbara imbaga ga
-* Z’urukundo
-* Nizo zizadu-du dudu dudu-du… zizaduhuza
-* [Njye nawe]}

-* Bridge:

-* Uvuga ko amafaranga
-* Atanga ibyishimo arabeshya ntazi ibyo avuga
-* Njye nibwira yuko kubona ugukunda mukabana hafi
-* Nibwo buzima bwiza n’ibyishimo oooooo
-* Yeeeeeee hheeeeee

-* Ref

-* {Ese nawe urabyumva nk’uko mbyumva (ese urabyumvaaaa)
-* Ese nawe washimishijwe no kumbona
-* Ese nawe wifuza kuzamobna undi munsi
-* Ese nawe wifuza kuzamobna undi munsi
-* Ariko imbara-mbara mba mbara imbaga ga
-* Z’urukundo
-* Nizo zizadu-du dudu dudu-du… zizaduhuza
-* [Njye nawe]
-* Ariko imbara-mbara mba mbara imbaga ga
-* Z’urukundo
-* Nizo zizadu-du dudu dudu-du… zizaduhuza
-* [Njye nawe]}