SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

Amakuru agezweho yaranze uyu munsi

Iyandikishe ukoresheje email yawe kugira ngo ujye ubona amakuru ako kanya

Dukurikire
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

Abo turibo / Ubwanditsi /Twandikire

Default Author
Emma-Marie Umurerwa

Lorem, ipsum dolor sit amet consectetur adipisicing elit. Ad nihil cumque laborum consequatur cupiditate ea, atque repellendus illum optio nesciunt aperiam, accusantium aut obcaecati eligendi debitis perferendis laboriosam, sapiente sit.

X (Twitter)
Izanditswe na Emma-Marie Umurerwa
Abayobozi b’amatorero n’amadini basabwe kutavanga iyobokamana na politiki
11 Kam 2019U Rwanda
Abayobozi b’amatorero n’amadini basabwe kutavanga iyobokamana na politiki

Abayobozi b’amadini n’amatorero bibukijwe ko bemerewe kujya mu mitwe ya politike ariko babujijwe kuvugira imbere y’abayoboke babo ibijyanye n’amahame y’umutwe wa politike barimo, kuko kuvanga ibikorwa byayo n’iby’iyobokamana bihanwa n’amategeko.

Bugesera: Umucungagereza yishwe n’abantu bataramenyekana
10 Kam 2019U Rwanda
Bugesera: Umucungagereza yishwe n'abantu bataramenyekana

Caporal Mwiseneza Jean Paul wari umucungagereza muri Gereza ya Nyarugenge yishwe ateraguwe ibyuma n’abantu bataramenyekana.

Nyamagabe: Igikoni cy’umudugudu cyitezweho gukemura ikibazo cy’abana bafite imirire mibi bajyanwaga mu bitaro
10 Kam 2019Ubuzima
Nyamagabe: Igikoni cy’umudugudu cyitezweho gukemura ikibazo cy’abana bafite imirire mibi bajyanwaga mu bitaro

Mu kwezi kwa Gicurasi 2019 abana 22 bo mu Murenge wa Cyanika bajyanwe mu bitaro kubera ikibazo cy’imirire.

“Ntituzibagirwa ubugome bwa Noheli, Karera na Mwamini” Abarokokeye Jenoside  ku Kivugiza
8 Kam 2019U Rwanda
“Ntituzibagirwa ubugome bwa Noheli, Karera na Mwamini” Abarokokeye Jenoside ku Kivugiza

Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bo ku Kivugiza mu Karere ka Nyarugenge bavuga ko hari amazina y’abantu adateze kubava mu mutwe kubera ubugome ndegangakamere bari bafite muri Jenoside yakorewe Abatutsi.

Aho batekereza gukora jenoside hose ntabwo twarebera twatinzwa n’ikirere gusa – Gen Mubarak
8 Kam 2019U Rwanda
Aho batekereza gukora jenoside hose ntabwo twarebera twatinzwa n’ikirere gusa – Gen Mubarak

Umuyobozi w'Ingabo mu Mujyi wa Kigali no mu Ntara y'Iburasirazuba, Gen Maj Mubarak Muganga, yavuze ko ingabo z’u Rwanda, zitazigera zirebera aho Jenoside yaba irimo gukorwa hose.

Muhanga: Abakozi babiri ba Sacco bakurikiranyweho kunyereza miliyoni zisaga 29 Frw
8 Kam 2019U Rwanda
Muhanga: Abakozi babiri ba Sacco bakurikiranyweho kunyereza miliyoni zisaga 29 Frw

Umubitsi n’umucungamutungo ba Sacco Icyerekezo, bacyekwaho kunyereza miliyoni zisaga 29 Frw bari mu maboko y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) i Kiyumba mu Karere ka Muhanga.

Abana b’imfubyi 73 bari bacumbikiwe mu nyubako ya One Dollar Campaign bagiye gusezererwa
8 Kam 2019U Rwanda
Abana b’imfubyi 73 bari bacumbikiwe mu nyubako ya One Dollar Campaign bagiye gusezererwa

Abana bagizwe imfubyi muri Jenosdie yakorewe Abatutsi mu 1994, bari bacumbikiwe mu nyubako ya One Dollar Campaign, bagera kuri 73 bagiye gusezererwa muri ayo macumbi bajye kwibeshaho mu buzima bwo hanze.

Nyabihu: Abajyanama b’ubuzima bagenda urugo ku rundi bigisha ababyeyi gutegura indyo yuzuye
5 Kam 2019U Rwanda
Nyabihu: Abajyanama b’ubuzima bagenda urugo ku rundi bigisha ababyeyi gutegura indyo yuzuye

Ikibazo cyo kugwingira n’imirire mibi mu bana, abajyanama b’ubuzima bo mu Karere ka Nyabihu biyemeje kukirwanya bivuye inyuma, bagenda urugo ku rundi bigisha ababyeyi uko bategura indyo yuzuye.

Rubavu: Ababyeyi bataye inshingano bituma abana basaga 280 bagira ikibazo cy’imirire mibi
4 Kam 2019U Rwanda
Rubavu: Ababyeyi bataye inshingano bituma abana basaga 280 bagira ikibazo cy'imirire mibi

Mu Karere ka Rubavu hari abana basaga 280 bafite ikibazo cy’imirire mibi muri bo abagera kuri 49 bari mu ibara ry’umutuku.

Imitwe ya politike mu Rwanda yishimira ko nta makimbirane ayirangwamo
1 Kam 2019U Rwanda
Imitwe ya politike mu Rwanda yishimira ko nta makimbirane ayirangwamo

Abagize imitwe ya Politike itandukanye mu Rwanda, bahamya ko itegeko ngenga n’andi mategeko agenga imitwe ya politike n’abanyapolitike mu Rwanda, ribafasha kwirinda ko hari amakimbirane yarangwa muri bo.

Komeza udukurikire
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram