SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

THE MOST IMPORTANT WORLD NEWS AND EVENTS OF THE DAY

Subscribe to our mailing list to receives daily updates direct to your inbox!

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / FAQs / Contact Us 

Ferdinand Maniraguha
Izanditswe na Ferdinand Maniraguha
Kugurisha inzu y’ishyaka, uwakuwe ku rutonde rw’abadepite n’ahazaza ha Green Party: Frank Habineza twaganiriye
9 Uku 2024Politiki
Kugurisha inzu y’ishyaka, uwakuwe ku rutonde rw’abadepite n’ahazaza ha Green Party: Frank Habineza twaganiriye

Amezi ane arashize Dr. Frank Habineza atsinzwe mu matora y’Umukuru w’Igihugu yabaye muri Nyakanga 2024. Icyakora, Ishyaka rya Democratic Green Party ryongeye kwisubiza imyanya ibiri mu Nteko Ishinga Amategeko, nubwo Habineza we atayisubiyemo.

Abaforomo ku bigo, abacungamutungo n’ibindi: Minisitiri Nsengimana yavuze kuri sitati nshya y’abakozi b’amashuri
6 Uku 2024Politiki
Abaforomo ku bigo, abacungamutungo n’ibindi: Minisitiri Nsengimana yavuze kuri sitati nshya y’abakozi b’amashuri

Ukwezi kugiye gushira hasohotse Iteka rya Minisitiri w’Intebe rishyiraho sitati yihariye igenga abakozi b’amashuri y’uburezi bw’ibanze, ryagaragayemo impinduka nyinshi zirimo imyanya mishya mu mashuri, isuzuma ku bayobozi n’abarimu n’ibindi.

Impinduka mu ibarwa ry’amanota, gutsindwa n’inyungu zirambye: Ikiganiro na Dr Bernard Bahati
29 Ugu 2024U Rwanda
Impinduka mu ibarwa ry’amanota, gutsindwa n’inyungu zirambye: Ikiganiro na Dr Bernard Bahati

Ibyumweru bibiri birashize Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) ifatanyije n’Ikigo cy'Igihugu gishinzwe Ibizamini n'Ubugenzuzi bw'Amashuri NESA, batangaje amanota y’abanyeshuri bakoze ibizamini bisoza amashuri yisumbuye mu mwaka wa 2023/2024.

Cardinal Ambongo wa Kinshasa yishimiye uko yakiriwe mu Rwanda
25 Ugu 2024Amadini
Cardinal Ambongo wa Kinshasa yishimiye uko yakiriwe mu Rwanda

Arkiyepiskopi wa Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Cardinal Fridolin Ambongo, yishimiye uko yakiriwe akigera mu Rwanda kuri uyu wa Mbere tariki 25 Ugushyingo 2024.

Igisubizo Museveni yahaye Habyarimana ku mpamvu Abanyarwanda bahungiye mu gihugu cye
22 Ugu 2024U Rwanda
Igisubizo Museveni yahaye Habyarimana ku mpamvu Abanyarwanda bahungiye mu gihugu cye

Ubwo ingabo za FPR Inkotanyi (RPA) zatangizaga urugamba rwo kubohora u Rwanda tariki 1 Ukwakira 1990, Perezida Juvenal Habyarimana na Yoweri Museveni wa Uganda bari mu nama ya Loni i New York.

Musenyeri Mbanda yavuze ku iyegura rya Welby mu Bwongereza, icyuho mu Itorero n’ibibazo muri Diyosezi ya Shyira
21 Ugu 2024Amadini
Musenyeri Mbanda yavuze ku iyegura rya Welby mu Bwongereza, icyuho mu Itorero n’ibibazo muri Diyosezi ya Shyira

Icyumweru kirashize Justin Welby wari Umuyobozi w’Itorero Angilikani mu Bwongereza yeguye. Welby yeguye nyuma ya raporo idasanzwe, yagaragaje ko yahishiriye ibirego byo gusambanya abana b’abahungu byakozwe na John Smyth, Umumisiyoneri wahoze ari umuyobozi mu muryango wa gikristu witwa Iwerne Trust.

Abarimo Dr. Pierre Damien Habumuremyi bahawe imirimo mishya: Ibyemezo by’inama y’abaminisitiri
9 Ugu 2024Politiki
Abarimo Dr. Pierre Damien Habumuremyi bahawe imirimo mishya: Ibyemezo by’inama y’abaminisitiri

Inama y’Abaminisitiri yayobowe na Perezida Kagame kuri uyu wa Gatandatu, yashyize mu myanya abayobozi batandukanye barimo Dr. Pierre Damien Habumuremyi, Amb. Zaina Nyiramatama, Amb. Dieudonne Sebashongore, bagizwe abagize Inama y'Inararibonye mu Rubuga Ngishwanama rw'Inararibonye z'u Rwanda.

U Rwanda rwongeye gutanga inkunga yo gufasha abari mu kaga muri Gaza
7 Ugu 2024U Rwanda
U Rwanda rwongeye gutanga inkunga yo gufasha abari mu kaga muri Gaza

U Rwanda rubinyujije muri Jordanie, rwatanze inkunga yo gufasha abaturage bari mu kaga mu ntara ya Gaza, nyuma y’umwaka ako gace kibasiwe n’intambara.

Umunsi Museveni na Boris Johnson bapfa Putin i Kigali
4 Ugu 2024Politiki
Umunsi Museveni na Boris Johnson bapfa Putin i Kigali

Boris Johnson wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, yahishuye uburyo yananiwe kumvikana na Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, ku ngingo yo kwamagana u Burusiya ubwo bari bari mu nama ya Commonwealth i Kigali.

Minisitiri Nduhungirehe yavuze ku ntambara muri RDC, ibiganiro bya Luanda n’ubwirinzi bw’u Rwanda
31 Ukw 2024Politiki
Minisitiri Nduhungirehe yavuze ku ntambara muri RDC, ibiganiro bya Luanda n’ubwirinzi bw’u Rwanda

Imyaka ibaye itatu umwuka hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) umeze nabi, biturutse ku kubyutsa imirwano k’umutwe wa M23.

Komeza udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram