Sénégal ibayeho nabi mu Gikombe cy’Isi
Ikipe y’Igihugu ya Sénégal ni imwe mu makipe yo muri Afurika ahanzwe amaso mu Gikombe cy’Isi cya 2026, ariko abakinnyi n’abatoza bayo babayeho nabi kugeza ubwo buri wese yitumiriza ibiryo arya hanze y’aho bacumbitse.