Ifatwa ry’ibipimo bye BBC dukesha iyi nkuru yatangaza ko ryabereye ku ivuriro ryo mu cyaro ridafite ibikoresho bihagije byo gupima.
Samed atangaza ko atatangajwe no kumva ko ari muremure,bitewe nuko atigeze ahagarara gukura.
Gukura cyane kwe kwatangiye ubwo yari afite imyaka 22 aba mu Murwa Mukuru Accra ariko ubwishingizi bwo kwivuza bwa Ghana ntibubashe kumuvuza kuko yacibwaga amayero 40.
Umuntu ufite agahigo ko kuba muremure ku Isi afite metero 2,51 z’uburebure akaba Sultan Kösen w’imyaka 40, utuye muri Turukiya.









Loading comments...
Tanga igitekerezo