RFI yanditse ko amasasu yumvikanye ku wa 18 Kamena 2026, kuva ku marembo y’Ikibuga cy’Indege cyo mu murwa mukuru Niamey, muri Niger.
Gusa nyuma y’amasaha abiri amasasu yahagaze ariko hakomeza ibikorwa byo gusaka mu kibuga cy’indege mu gihe inzira zigana ku rugo rwa Perezida no ku biro bya Misitiri w’Intebe zafunzwe.
Muri Mutarama 2026, Ikibuga cy’Indege cya Niamey n’ikigo cya gisirikare byegeranye byagabweho ibitero, nyuma biza kwigambwa na Islamic State.
Kugeza ubu ntabwo hari hamenyekana impamvu y’uru rusaku rw’amasasu rwumvikanye.






Loading comments...
Tanga igitekerezo