ACP Rutikanga Boniface yagaragaye atwaye igare
Shizzo na Tessy basezeranye imbere y'amategeko
Bruce Melodie ni umwe mu bahanzi bazi kuganira. Yagiranye ikiganiro na IGIHE cyagarutse ku rugendo rwe mu muziki. Wanyarukira kuri Shene ya IGIHE Sports ukabasha kukireba

Ku Butaka butagatifu i Gahanga

I Gahanga hari agace kitwa “Ku butaka butagatifu” kari kuzamukaho inyubako nyinshi mu buryo budasanzwe. Abantu benshi batahaherutse biragoye ko bakeka ko ahahoze ari ibihuru, ubu hari inyubako zigezweho.

Aho izi nyubako ziri, hasigaye hitwa ku butaka butagatifu
I Gahanga mu Kagari ka Nunga ni hamwe mu hakomeje kuzamuka inyubako zigezweho

Amafoto: RNP, Alain Manzi, Salomon Nezerwa, Fidele Nzayisingiza