SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • politiki
  • ubuzima
  • imikino
  • imyidagaduro
  • ikoranabuhanga
  • umuco
  • ubukungu
  • abantu
  • ubukerarugendo
  • ibidukikije
  • amadini

Newsletter

THE MOST IMPORTANT WORLD NEWS AND EVENTS OF THE DAY

Subscribe to our mailing list to receives daily updates direct to your inbox!

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / FAQs / Contact Us 

Kwizera Hervé
Latest from Kwizera Hervé
Dutemberane Umujyi wa Goma umaze umwaka urenga mu maboko ya AFC/M23 (Amafoto)
31 Mut 2026Amafoto
Dutemberane Umujyi wa Goma umaze umwaka urenga mu maboko ya AFC/M23 (Amafoto)

Tariki nk’iyi umwaka ushize byari bigoye kwemera ko Umujyi wa Goma uzongera kuba nyabagendwa, abawutuye bakongera kubaho mu mahoro n’ibyishimo, kuko wari umaze igihe warabaye isibaniro ry’imirwano ndetse urangwa n’ibikorwa by’urugomo bya FARDC, FDLR Wazalendo, abacanshuro n’abandi.

Amafoto y’Umunsi
9 Mut 2026Amafoto
Amafoto y’Umunsi

Mu mafoto y’umunsi twabateguriye kuri uyu munsi, harimo iya ACP Rutikanga Boniface atwaye igare. Ni Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda aho yari mu bukangurambaga bwa Turindane Tugereyo Amahoro bwakorewe mu Karere ka Kayonza ku wa 9 Mutarama 2025.

Abari aho bishimiye kubona ACP Boniface Rutikanga anyonga igare risanzwe rimenyerewe nka ‘matabaro’, bamwe begura telefone zabo bafata amafoto n’amashusho bizababera urwibutso.

Amafoto 101 yaranze umuhango wo kwinjiza abofisiye 1029 mu Ngabo z’u Rwanda
4 Ukw 2025U Rwanda
Amafoto 101 yaranze umuhango wo kwinjiza abofisiye 1029 mu Ngabo z’u Rwanda

Ku wa 3 Ukwakira 2025, Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yahaye ipeti rya Sous-Lieutenant abasirikare 1029 binjiye mu Ngabo barimo n’umuhungu we muto, Brian Kagame.

‘Zaria Court Kigali’ ya Masai Ujiri igiye kwakira igikorwa cya mbere
3 Gic 2025U Rwanda
‘Zaria Court Kigali’ ya Masai Ujiri igiye kwakira igikorwa cya mbere

Imirimo yo kubaka Zaria Court Kigali, inyubako yagenewe ibikorwa bya siporo n’imyidagaduro igeze ku musozo, ndetse mu minsi mike iri imbere izatangira kwakira ibikorwa bitandukanye.

Amafoto y’abarwanyi ba M23 mu Mujyi wa Bukavu
18 Gas 2025Amafoto
Amafoto y’abarwanyi ba M23 mu Mujyi wa Bukavu

Kuva ku wa Gatanu, Umujyi wa Bukavu uri mu maboko mashya. Nyuma ya Goma, ubu ni akandi gace kagenzurwa n’abarwanyi ba M23. Iyo uhageze, ubabona guhera ku mupaka no mu mujyi mu bice byose, baba bagenda n’amaguru cyangwa se bari mu modoka za gisirikare zahoze zikoreshwa na FARDC.

Tujyane i Rubavu y’amahumbezi; Umujyi uberwa n’ibirori (Amafoto)
27 Ukw 2024Ubukerarugendo
Tujyane i Rubavu y'amahumbezi; Umujyi uberwa n’ibirori (Amafoto)

"Iyi 'weekend' tujye i Rubavu se?", "Ese wazansohokanye i Rubavu?", "Tuzajyane i Gisenyi ku mucanga ku mazi…", "Mu kwa buki se muzajya i Rubavu?" Ngira ngo ntihashobora gushira icyumweru byibuze utumvise umwe mu bantu muziranye avuga imwe muri izo nteruro cyangwa isa na zo.

Mu mafoto 40, dutemberane Expo yahurije i Kigali ibihugu 21
2 Kan 2023U Rwanda
Mu mafoto 40, dutemberane Expo yahurije i Kigali ibihugu 21

Icyumweru kigiye gushira ab’inkwakuzi batangiye kwitabira imurikagurisha mpuzamahanga riri kuba ku nshuro ya 26, ahasanzwe habera amamurika nk’ayo i Gikondo mu mujyi wa Kigali.

Komeza Udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram