Umwaka ushize ubwo u Rwanda rwizihizaga imyaka 30 rwibohoye, Perezida Kagame wayoboye urwo rugamba yavuze ko “Igihugu cyacu kiri mu mahoro kandi kizayahorana, uko byagenda kose.” kugira ngo kiyagereho, byasabye ubwitange bw’urubyiruko rw’u Rwanda rwari rwarahejejwe ishyanga.
Urugamba rwo kubohora igihugu rwatangiye ku wa 1 Ukwakira 1990, rusoza ku wa 4 Nyakanga 1994, nyuma yo guhagarika Jenoside, urugendo rwo gusana igihugu rugatangira ubwo.
Mu mafoto, tugiye kwibukiranya bimwe mu bihe byaranze urwo rugamba rutari rworoshye.


































































































Loading comments...
Tanga igitekerezo