Umuririmbyi Alpha Rwirangira yari afite gahunda yo kujya muri Afurika y’Epfo gukorerayo indirimbo afatanyije n’umuhanzi wo muri Zambia witwa Jhey-Dot. Kuwa 4 Kamena 2014, IGIHE yavuganye na Alpha avuga ko atagiye muri Afurika y’Epfo kuko yabuze uko yaka uburenganzira bwo kujya muri Afurika y’Epfo kuko ambasade y’iki gihugu itari kwakira abantu bifuza serivisi zinyuranye. Alpha […]