Nta mvura idahita- Abepisikopi bo mu Rwanda n’u Burundi ku ifungwa ry’imipaka
Abepisikopi Gatolika bo mu Rwanda n’u Burundi bizeye ko amaherezo imipaka y’ibihugu byombi imaze imyaka ibiri ifunzwe izafungurwa, abaturage bakongera kugenderana kandi bagahahirana nk’uko byahoze.