SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

Amakuru agezweho yaranze uyu munsi

Iyandikishe ukoresheje email yawe kugira ngo ujye ubona amakuru ako kanya

Dukurikire
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

Abo turibo / Ubwanditsi /Twandikire

Default Author
Claude Bazatsinda

Lorem, ipsum dolor sit amet consectetur adipisicing elit. Ad nihil cumque laborum consequatur cupiditate ea, atque repellendus illum optio nesciunt aperiam, accusantium aut obcaecati eligendi debitis perferendis laboriosam, sapiente sit.

X (Twitter)
Izanditswe na Claude Bazatsinda
Urukiko rwongeye gutegeka ko Musenyeri Dr. Mugisha Samuel afungwa iminsi 30 y’agateganyo
17 Wer 2025Ubutabera
Urukiko rwongeye gutegeka ko Musenyeri Dr. Mugisha Samuel afungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Musanze rwashimangiye igifungo cy’iminsi 30 y’agateganyo kuri Musenyeri Dr. Mugisha Samuel wa EAR Diyosezi ya Shyira nk’uko Urukiko rw’Ibanze rwa Muhoza rwari rwabitegetse.

Musanze: Abiga muri Winners Mount Academy berekanye impano bifitemo mu ngeri zitandukanye
2 Wer 2025Amakuru
Musanze: Abiga muri Winners Mount Academy berekanye impano bifitemo mu ngeri zitandukanye

Bamwe mu babyeyi barerera muri Winners Mount Academy yo mu Karere ka Musanze bemeza ko umwana urezwe neza atanga umusaruro.

Burera: BK Insurance yashumbushije abahinzi bahombejwe n’izuba
1 Wer 2025U Rwanda
Burera: BK Insurance yashumbushije abahinzi bahombejwe n’izuba

Abahinzi bo mu Karere ka Burera bari barashinganishije ibihingwa byabo muri Sosiyete y'Ubwishingizi ya Banki ya Kigali, BK Insurance, bahawe arenga miliyoni 23 Frw yo guhangana n'igihombo batewe n’izuba ryinshi.

Burera: Minisitiri w’Intebe yibukije abaturage kubyaza umusaruro umutekano bafite mu kwiteza imbere
1 Wer 2025U Rwanda
Burera: Minisitiri w'Intebe yibukije abaturage kubyaza umusaruro umutekano bafite mu kwiteza imbere

Minisitiri w'Intebe, Dr. Edouard Ngirente, yibukije abaturage bo mu Karere ka Burera ko umutekano bafite ugomba kubabera inkingi ya mwamba ibafasha kwiteza imbere, bashingiye ku mahirwe aboneka iwabo.

Abahinde babengutse Akarere ka Musanze nk’ahantu heza ho gushora imari
25 Gas 2025U Rwanda
Abahinde babengutse Akarere ka Musanze nk’ahantu heza ho gushora imari

Akarere ka Musanze kakiriye Ihuriro ry’Abashoramari bo mu Buhinde, (India Investment Forum), bifuza gushora imari mu mishinga yibanda ku nzego zirimo ubukerarugendo, inganda, ikoranabuhanga, ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, amahoteli, ubuvuzi, uburezi, ubuhinzi, ubworozi n’indi.

Musanze: Impanuka y’imodoka yahitanye batatu abandi babiri barakomereka
24 Gas 2025U Rwanda
Musanze: Impanuka y'imodoka yahitanye batatu abandi babiri barakomereka

Impanuka y'imodoka yabereye mu Kagari ka Ruhengeri mu Murenge wa Muhoza mu Karere ka Musanze mu gitondo cyo kuri uyu wa 24 Gashyantare 2025, yahitanye abantu batatu abandi babiri barakomereka bikomeye.

Rulindo: Abantu icyenda bafatanywe kanyanga n’ibyo bayengamo
23 Gas 2025U Rwanda
Rulindo: Abantu icyenda bafatanywe kanyanga n'ibyo bayengamo

Abantu icyenda bo mu Karere ka Rulindo mu Murenge wa Murambi mu Kagari ka Mvuzo, bafatanywe kanyanga n'ibyo bifashisha mu kuyenga.

Rubavu: Inzu zangijwe n’ibisasu byarashwe n’ingabo za Leta ya Congo zatangiye gusanwa
23 Gas 2025U Rwanda
Rubavu: Inzu zangijwe n’ibisasu byarashwe n’ingabo za Leta ya Congo zatangiye gusanwa

Minisiteri ishinzwe ibikorwa by’ubutabazi (MINEMA), yatangije ibikorwa byo gusana inzu 293 n’amashuri arindwi byangijwe n'amasasu yarashwe mu Rwanda n’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ubwo umutwe wa M23 wafataga Goma.

Urukiko rwategetse ko Musenyeri Dr. Mugisha Samuel afungwa iminsi 30 y’agateganyo
14 Gas 2025Ubutabera
Urukiko rwategetse ko Musenyeri Dr. Mugisha Samuel afungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko rw’Ibanze rwa Muhoza rwategetse ko Musenyeri Dr. Mugiraneza Mugisha Samuel wahoze ari Umushumba wa Diyoseze ya Shyira mu itorero Angilikani, afungwa iminsi 30 y’agateganyo kugira ngo atazabangamira iperereza rikiri gukorwa ku byaha akekwaho.

Umucamanza yikuye mu rubanza rwa Musenyeri Dr. Mugisha
13 Gas 2025Ubutabera
Umucamanza yikuye mu rubanza rwa Musenyeri Dr. Mugisha

Umucamanza mu Rukiko rw’Ibanze rwa Muhoza yikuye mu rubanza ruregwamo Musenyeri Dr. Mugiraneza Mugisha Samuel wa EAR Diyoseze ya Shyira, bituma yongera kuburanishwa ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo.

Komeza udukurikire
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram