SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

THE MOST IMPORTANT WORLD NEWS AND EVENTS OF THE DAY

Subscribe to our mailing list to receives daily updates direct to your inbox!

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / FAQs / Contact Us 

Daniel Havugarurema
Izanditswe na Daniel Havugarurema
Ni abahanga mu gutomora! Abahanzi baririmba urukundo, bagize ibanga inkundo zabo
18 Wer 2024Imyidagaduro
Ni abahanga mu gutomora! Abahanzi baririmba urukundo, bagize ibanga inkundo zabo

Hari abahanzi nyarwanda benshi bamenyekanye mu kuririmba indirimbo z’urukundo zifashishwa n’abakundana mu gukomeza kuhira urukundo rwabo, gusa benshi mu bafana b’aba bahanzi usanga bibaza niba bo bafite abakunzi batura izo ndirimbo cyangwa niba ntabo bafite aka wa mugani ngo “Umubumbyi arira ku rujyo”.

Diamond Platnumz yahagaritse ubukwe ku munota wa nyuma
11 Wer 2024Muzika
Diamond Platnumz yahagaritse ubukwe ku munota wa nyuma

Esma Platnumz uvukana na Diamond Platnumz, yatangaje ko hari ubukwe musaza we yari agiye gukora abuhagarika ku munota wa nyuma.

Bruce Melodie agiye kugaragara mu kiganiro gikomeye muri Amerika
11 Wer 2024Imyidagaduro
Bruce Melodie agiye kugaragara mu kiganiro gikomeye muri Amerika

Umuhanzi Bruce Melodie, agiye gutaramira abakurikira ikiganiro ‘Good Morning America’ kiri mu bya mbere bikunzwe cyane muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

John Cena yambaye ubusa mu bihembo bya Oscars
11 Wer 2024Imyidagaduro
John Cena yambaye ubusa mu bihembo bya Oscars

Rurangiranwa muri Sinema, John Cena, wamenyekanye muri WWE yatunguranye, ajya ku rubyiniro yambaye ubusa, ubwo yari agiye gutangaza uwegukanye igihembo cya ‘Best Costume Design’ mu bihembo bya Oscars 2024.

Rurageretse hagati ya Bad Bunny n’umufana
10 Wer 2024Imyidagaduro
Rurageretse hagati ya Bad Bunny n’umufana

Bad Bunny yareze umufana we mu rukiko, amushinja kumuhombya nyuma yo gutambutsa amashusho y’igitaramo cye nta ruhushya.

Women Foundation Ministries yibukije abagore gukora siporo kuko ‘umwuka wera atura mu mubiri muzima’
10 Wer 2024Amadini
Women Foundation Ministries yibukije abagore gukora siporo kuko ‘umwuka wera atura mu mubiri muzima’

Itorero Women Foundation Ministries riyoborwa na Apotre Mignone Kabera, ryakanguriye abagore kwita kuri Siporo, kuko umwuka wera atura mu mubiri muzima.

Drake yahombye Miliyoni 730 Frw ku mukino w’iteramakofi wasize Ngannou ari intere
9 Wer 2024Imyidagaduro
Drake yahombye Miliyoni 730 Frw ku mukino w’iteramakofi wasize Ngannou ari intere

Umuraperi Drake yahombye arenga Miliyoni 730 yateze ku mukino w’iteramakofi wahuje Francis Ngannou na Joshua Anthony mu ijoro ryo ku wa Gatanu tariki 8 Werurwe 2024.

2Baba yatandukanye na Now Muzik yari imaze imyaka 20 ireberera umuziki we
7 Wer 2024Imyidagaduro
2Baba yatandukanye na Now Muzik yari imaze imyaka 20 ireberera umuziki we

Innocent Ujah Idibia wamamaye nka 2Baba mu muziki, yatandukanye na Sosiyete ya Now Muzik, nyuma y’imyaka 20 bakorana mu bikorwa by’umuziki.

Rick Ross yatandukanye n’umukunzi we
7 Wer 2024Imyidagaduro
Rick Ross yatandukanye n’umukunzi we

Umuraperi Rick Ross yatandukanye na Cristina Mackey bari bamaze igihe bakundana.

Ihangana rya Davido na Wizkid ry’imyaka 10 ryaba ryari baringa?
6 Wer 2024Imyidagaduro
Ihangana rya Davido na Wizkid ry’imyaka 10 ryaba ryari baringa?

Abahanzi babiri bari mu bakomeye mu muziki wa Afurika, Davido na Wizkid bamaze imyaka irenga 10 basa n’abarebana ay’ingwe, bashobora kuba bafitanye indirimbo banze gushyira hanze mu rwego rwo gukongeza umwuka w’iri hangana mu bafana babo.

Komeza udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram