SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

THE MOST IMPORTANT WORLD NEWS AND EVENTS OF THE DAY

Subscribe to our mailing list to receives daily updates direct to your inbox!

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / FAQs / Contact Us 

Deus NTAKIRUTIMANA
Izanditswe na Deus NTAKIRUTIMANA
Itariki Ya 1 Nyakanga
1 Nya 2023Mu Mateka
Itariki Ya 1 Nyakanga

Tariki ya 1 Nyakanga 2013 ni umunsi wa 183 w’umwaka, habura iminsi 183 ngo urangire 1618 : Ferdinand II yimitswe ku bwami bwa Hongrie. 1921 : Hashinzwe ishyaka ry’ Abakominisiti mu Bushinwa 1962 : U Rwanda n’u Burundi byabonye ubwigenge mu gihe byari bikoronijwe n’u Bubiligi 1988 : Marcel Lefebvre, umusenyeri w’ Umufaransa yaciwe na […]

Tariki ya 11 Kamena 2013
11 Kam 2023Mu Mateka
Tariki ya 11 Kamena 2013

Tariki ya 11 Kamena 2013 ni umunsi wa 162 w’umwaka ubura 203 ngo usozwe.

Tariki ya 29 Nyakanga 2013
29 Nya 2022Mu Mateka
Tariki ya 29 Nyakanga 2013

{Tariki ya 29 Nyakanga ni umunsi wa 210 w’umwaka ubura iminsi 155 ngo urangire} Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1881: Hatejwe imbere itegeko riha itangazamakuru kwishyira rikizana mu Bufaransa 1883: Havutse Benito Mussolini wayoboye u Butaliyani 1900: Umwami w’u Butaliyani, Umberto I yishwe na Gaetano Bresci, warwanyaga ubwami wavuze ko yabikoreye guhorera abakozi […]

Tariki ya 5 Kanama 2013
5 Kan 2021Mu Mateka
Tariki ya 5 Kanama 2013

{Tariki ya 5 Kanama 2013 ni umunsi wa 217 w’umwaka ubura iminsi 148 ngo urangire} 1100: Henri I, umwami w’u Bwongereza yasimbuye umuvandimwe we Guillaume le Roux wari umaze gupfira mu mpanuka yabaye ubwo bari mnu muhigo 1305 : William Wallace yarafashwe akatirwa igihano cyo gupfa, ashinjwa kugamanira bikabije igikomangoma . 1796 : Bonaparte yatsinze […]

Nyuma yo gusaba imbabazi, Kiliziya Gatolika igiye gusabwa indishyi
21 Ugu 2016U Rwanda
Nyuma yo gusaba imbabazi, Kiliziya Gatolika igiye gusabwa indishyi

Impuzamiryango y’amashyirahamwe y’abarengera inyungu z’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994,IBUKA, irateganya kuganira na Kiliziya Gatolika bakarebera hamwe uko yafasha mu gutanga indishyi ku barokotse Jenoside.

U Rwanda rwahawe ikaze mu ihuriro rigamije kugabanya imyuka yangiza ikirere
16 Ugu 2016U Rwanda
U Rwanda rwahawe ikaze mu ihuriro rigamije kugabanya imyuka yangiza ikirere

U Rwanda rwinjiye mu ihuriro rigamije kugabanya imyuka yangiza ikirere, The Climate and Clean Air Coalition, rihuriza hamwe za guverinoma, imiryango itari iya leta n’abikorera, mu kubungabunga ikirere no gukumira ihindagurika ry’ibihe binyuze mu kugabanya imyuka yangiza ikirere .

Byahishuwe ko Clinton amaze gutsindwa yarize kugeza ubwo ntawashoboraga kumuhoza
13 Ugu 2016U Rwanda
Byahishuwe ko Clinton amaze gutsindwa yarize kugeza ubwo ntawashoboraga kumuhoza

Kwakira ugutsindwa ku mwanya uhatanirwa si buri wese upfa kubishobora, kuko abenshi usanga barangwa n’amarangamutima batamenya aho akomotse akurikirwa no kurira, nk’ibyabaye kuri Hillary Clinton nubwo nyuma yo gutsindwa yagaragaye mu ruhame amwenyura.

REB yananiwe kwisobanura ku mafaranga yashyizwe mu ideni kandi yarishyuwe
12 Ukw 2016U Rwanda
REB yananiwe kwisobanura ku mafaranga yashyizwe mu ideni kandi yarishyuwe

Ubwo abayobozi bw’Ikigo gishinzwe guteza imbere uburezi, REB bitabaga Komisiyo y’Inteko Ishinga Amategeko, ishinzwe kugenzura imikoreshereze y’imari n’umutungo wa Leta, PAC, bananiwe gusobanura iby’amafaranga asaga miliyoni 50 yashyizwe mu ideni kandi yarishyuwe.

Abihayimana bagaragara mu bikorwa bya politiki kurusha abandi mu Rwanda
26 Nze 2016U Rwanda
Abihayimana bagaragara mu bikorwa bya politiki kurusha abandi mu Rwanda

Abantu batandukanye iyo babonye abanyamadini bayobotse ibikorwa bya politiki, batekereza ko abo batannye. By’umwihariko Abanyarwanda iyo batekereje uburyo abanyamadini bo muri Repubulika ya mbere n’iya kabiri banywanye na politiki n’ingaruka byagize, bituma bumva ko uwo mubano udakwiye.

Minaloc yihanangirije abaturage bagarura ibibazo biba biri mu nzira zo gukemuka
21 Nze 2016U Rwanda
Minaloc yihanangirije abaturage bagarura ibibazo biba biri mu nzira zo gukemuka

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC), irihanangiriza abaturage bazamura ibibazo byabo nyamara byari byarahawe umurongo bigomba gukemurirwamo ariko babona izindi nzego zibasuye bakabigarura kandi biri mu nzira yo gukemuka.

Komeza udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram