SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

THE MOST IMPORTANT WORLD NEWS AND EVENTS OF THE DAY

Subscribe to our mailing list to receives daily updates direct to your inbox!

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / FAQs / Contact Us 

Kanamugire Emmanuel
Izanditswe na Kanamugire Emmanuel
Igipimo cy’ubushomeri mu Rwanda cyaragabanyutse mu mpera za 2023
26 Mut 2024Ubukungu
Igipimo cy’ubushomeri mu Rwanda cyaragabanyutse mu mpera za 2023

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, cyatangaje ko igipimo cy’ubushomeri cyagabanutse kigera kuri 16,8% mu gihembwe cya Kane cy’umwaka ushize wa 2023, ugereranyije na 24,3% mu Ukwakira mu mwaka wabanje.

Ibintu umunani wamenya kuri Perezida Doumbouya uri mu Rwanda
26 Mut 2024Politiki
Ibintu umunani wamenya kuri Perezida Doumbouya uri mu Rwanda

Perezida w’Inzibacyuho wa Guinée Conakry, yatangiye uruzinduko rw’iminsi itatu mu Rwanda, kuri uyu wa 25 Mutarama 2024, rwaturutse ku butumire yahawe na mugenzi we, Perezida Paul Kagame.

Tubashimiye icyizere mwatugiriye kandi ntimwibeshye- Gen Doumbouya kuri Perezida Kagame
26 Mut 2024U Rwanda
Tubashimiye icyizere mwatugiriye kandi ntimwibeshye- Gen Doumbouya kuri Perezida Kagame

Perezida w’inzibacyuho muri Guinnée, Gen. Mamady Doumbouya, yashimiye Perezida Kagame ku bw’icyizere yagiriye igihugu cye n’ubuyobozi bwacyo, avuga ko azakora ibishoboka byose umubano w’ibihugu byombi ugakomeza gutera imbere.

Hagiye gufatwa umwanzuro ku kirego Israel ishinjwamo gukorera Jenoside Abanyepalestine
26 Mut 2024Mu Mahanga
Hagiye gufatwa umwanzuro ku kirego Israel ishinjwamo gukorera Jenoside Abanyepalestine

Urukiko rw’Umuryango w’Abibumbye rukorera i La Haye mu Buholandi, (International Court of Justice: ICJ), rurafata icyemezo ku kirego cyatanzwe na Afurika y’Epfo gishinja Israel gukora ibyaha bya Jenoside muri Palestine, kuri uyu wa 26 Mutarama 2024.

Perezida Kagame yakiriye Filipe Nyusi wa Mozambique
26 Mut 2024U Rwanda
Perezida Kagame yakiriye Filipe Nyusi wa Mozambique

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye mugenzi we wa Mozambique, Filipe Nyusi uri i Kigali, ku mugoroba wo ku wa Kane tariki 25 Mutarama 2024.

Uko Rwanda Day yabaharuriye inzira bagatangiza ishoramari mu gihugu cyababyaye
25 Mut 2024Politiki
Uko Rwanda Day yabaharuriye inzira bagatangiza ishoramari mu gihugu cyababyaye

Imyaka 10 irashize hategurwa Rwanda Day, Umunsi uhuza Abanyarwanda bo mu gihugu, baba mu mahanga n’inshuti z’u Rwanda, hagamijwe kuganira ku cyarushaho guteza imbere igihugu cyabo.

Minisitiri Musafiri yashimangiye ko ibiribwa byabonetse ku buryo “n’abari baravuye ku ifiriti bayisubiyeho”
23 Mut 2024Amakuru
Minisitiri Musafiri yashimangiye ko ibiribwa byabonetse ku buryo “n’abari baravuye ku ifiriti bayisubiyeho”

Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr Musafiri Ildephonse, yavuze ko nyuma y’ibibazo by’ubukungu byabaye hirya no hino ku Isi no mu Rwanda by’umwihariko, byatumye ibiribwa bibura, ubu noneho icyo kibazo cyakemutse.

Ikigega nzahurabukungu  cyahinduriwe imikorere
23 Mut 2024Ubukungu
Ikigega nzahurabukungu cyahinduriwe imikorere

Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Dr Uzziel Ndagijimana, yatangaje ko imikorere y’ikigega nzahurabukungu cyashyizweho mu gihe cya Covid-19 hagamijwe kugoboka inzego zari zashegeshwe na cyo, cyagumyeho ariko gihingurirwa imikorere.

Afurika ihanga imirimo miliyoni 15 ariko umubare w’abakozi bakennye ugakomeza kwiyongera
22 Mut 2024Muri Afurika
Afurika ihanga imirimo miliyoni 15 ariko umubare w’abakozi bakennye ugakomeza kwiyongera

Raporo y’Umuryango Mpuzamahanga wita ku murimo (International Labour Organisation: ILO) y’uyu mwaka, yagaragaje ko abantu bagera kuri miliyoni 15 babonye akazi umwaka ushize ariko bitabujije ko abakozi bakennye biyongera.

Inzitane z’ibibazo mu myigire, uko yashinze umuryango w’abatabona mu Rwanda: Ikiganiro na Dr Kanimba
22 Mut 2024Abantu
Inzitane z’ibibazo mu myigire, uko yashinze umuryango w’abatabona mu Rwanda: Ikiganiro na Dr Kanimba

“Byari bigoye ariko byarashobotse narize. Naje kubona ko ari nk’aho nta bandi bantu bafite ubumuga bwo kutabona bari barize i Burundi no mu Rwanda.” Ayo ni amwe mu magambo ya Dr Kanimba Donatille, uyobora umuryango w’abafite ubumuga bwo kutabona mu Rwanda (Rwanda Union of the Blind:RUB), akaba ari na we wawushinze.

Komeza udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram