SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

THE MOST IMPORTANT WORLD NEWS AND EVENTS OF THE DAY

Subscribe to our mailing list to receives daily updates direct to your inbox!

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / FAQs / Contact Us 

Mukwaya Olivier
Izanditswe na Mukwaya Olivier
Icyambu Mpuzamahanga kigiye  kuzura (Amafoto)
14 Ugu 2023Ubukungu
Icyambu Mpuzamahanga kigiye kuzura (Amafoto)

Ubuyobozi bw'akarere ka Rubavu bwatangaje ko imirimo yo kubaka icyambu cya Rubavu (Rubavu Port) icyiciro cya mbere yarangiye ndeste kikazatangira kwakira ubwato n’imizigo mu ntangiriro z’ukwezi k’Ukuboza.

Rubavu: Rotary Club yagobotse imiryango 60 yasizwe iheruheru n’ibiza
13 Ukw 2023U Rwanda
Rubavu: Rotary Club yagobotse imiryango 60 yasizwe iheruheru n'ibiza

Rotary Club International yagobotse imiryango 60 yo mu Karere ka Rubavu yahuye n'ibiza byatewe n'imvura yaguye muri Gicurasi 2023 igahitana abarenga 130 ndetse ikangiza byinshi birimo n'ibikorwaremezo mu Ntara y’Iburengerazuba n’Amajyaruguru.

Ikigo gishinzwe iby’isanzure mu Rwanda cyasabwe kwegereza serivisi abatuye Iburengerazuba
24 Nze 2023U Rwanda
Ikigo gishinzwe iby’isanzure mu Rwanda cyasabwe kwegereza serivisi abatuye Iburengerazuba

Abaturage n’abayobozi bayobora intara y’uburengerazuba bashimye serivisi z’ikigo cy’igihugu gishinzwe isanzure, Rwanda Space Agency (RSA), bavuga ko zizabafasha kubona amakuru ajyanye n’ikirere bityo bakaba babasha guhangana na bimwe mu biza byakunze kwibasira iki gice kirimo ibirunga n’ibiyaga.

Rwangombwa yasabye abahuza mu bwishingizi kwimakaza ikoranabuhanga mu mikorere yabo
6 Nze 2022U Rwanda
Rwangombwa yasabye abahuza mu bwishingizi kwimakaza ikoranabuhanga mu mikorere yabo

Guverineri wa Banki Nkuru y’u Rwanda, John Rwangombwa, yasabye abahuza mu bwishingizi gukoresha ikoranabuhanga mu mikorere yabo kuko bizatuma abanyarwanda benshi boroherwa no kubona serivisi z’ubwishingizi bityo bazitabire ku bwinshi.

Babashinje kuba abagore b’abarwanyi ba M23: Imbamutima z’Abanyarwanda bari bafungiwe i Goma
1 Nze 2022U Rwanda
Babashinje kuba abagore b’abarwanyi ba M23: Imbamutima z’Abanyarwanda bari bafungiwe i Goma

Abanyarwanda batandatu bari bamaze iminsi umunani bafungiwe mu Mujyi wa Goma barahiriye imbere ya bagenzi babo ko batazongera kurenga umupaka bagendeye ku byo babonye ubwo bari bafunze.

RDC yarekuye Abanyarwanda bari bamaze iminsi bafungiwe i Goma
31 Kan 2022U Rwanda
RDC yarekuye Abanyarwanda bari bamaze iminsi bafungiwe i Goma

Ibiro bishinzwe abinjira n’abasohoka bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byashyikirije u Rwanda abaturage batandatu bakuru n'abana batatu bo mu Murenge wa Busasamana bamaze iminsi umunani bafashwe n’ingabo za Congo.

Abanyarwanda batandatu bafashwe n’ingabo za Congo
28 Kan 2022U Rwanda
Abanyarwanda batandatu bafashwe n’ingabo za Congo

Abaturage batandatu bo mu karere ka Rubavu mu murenge wa Busasamana, bamaze iminsi itanu bafungiye ku butaka bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aho bafashwe n’ingabo z’icyo gihugu (FARDC) mu kibaya gihuza u Rwanda na Congo.

Nyuma y’uwafashwe akekwaho Jenoside i Rubavu, IBUKA yaburiye abacyihishahisha
24 Kan 2022U Rwanda
Nyuma y’uwafashwe akekwaho Jenoside i Rubavu, IBUKA yaburiye abacyihishahisha

Umuryango uharanira inyungu z’abacitse kw’icumu rya Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 IBUKA wagaragaje ko mu karere ka Rubavu hari abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994 bagiye bakoresha amayeri bakaba bakidegembya, abaturage bafite amakuru n’ibimenyetso basabwa kubitanga kugira ngo bafatwe.

Rubavu: Umukobwa wavugaga ko yakuwe iryinyo na  Gitifu yafunguwe by’agateganyo
23 Kan 2022U Rwanda
Rubavu: Umukobwa wavugaga ko yakuwe iryinyo na Gitifu yafunguwe by’agateganyo

Urukiko rw’ibanze rwa Gisenyi rwemeje ko Uwimanimpaye Claudine wavugaga ko yakubiswe na Gitifu w’umurege wa Kanzenze akamukura iryinyo arekurwa by’agateganyo.

Iburengerazuba bijejwe kwegerezwa serivisi za RFL
23 Kan 2022U Rwanda
Iburengerazuba bijejwe kwegerezwa serivisi za RFL

Ubuyobozi bwa Laboratwari y’u Rwanda y’ibimenyetso bishingiye ku bumenyi n’ubuhanga bikoreshwa mu butabera RFL (Rwanda Forensic Laboratory), bwijeje abayobozi bo mu ntara y’Iburengerazuba ko bagiye kubegereza serivisi zayo.

Komeza udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram