SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

Amakuru agezweho yaranze uyu munsi

Iyandikishe ukoresheje email yawe kugira ngo ujye ubona amakuru ako kanya

Dukurikire
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

Abo turibo / Ubwanditsi /Twandikire

Default Author
Mutangana Steven

Lorem, ipsum dolor sit amet consectetur adipisicing elit. Ad nihil cumque laborum consequatur cupiditate ea, atque repellendus illum optio nesciunt aperiam, accusantium aut obcaecati eligendi debitis perferendis laboriosam, sapiente sit.

X (Twitter)
Izanditswe na Mutangana Steven
Ahantu ndangamurage harinzwe ku rwego rw’igihugu hahishiye iki abahatuye?
2 Mat 2025Ahantu Nyaburanga
Ahantu ndangamurage harinzwe ku rwego rw’igihugu hahishiye iki abahatuye?

Kuva kera, Abanyarwanda bari bazi kurinda ibyerekeye umuco n’umurage wabo ariko aho amategeko yanditse aziye, hashyizweho n’ayerekeye iyi ngeri ku buryo umurage ndangamuco ugirira akamaro igihugu n’abagituye.

Uko i Lourdes babungabunze ibimenyetso by’amateka ajya gusa n’ay’i Kibeho
2 Kan 2024Twandikire
Uko i Lourdes babungabunze ibimenyetso by’amateka ajya gusa n’ay’i Kibeho

Abantu barenga miliyoni eshatu basuye ingoro ya Bikira Mariya i Lourdes, mu Bufaransa mu mwaka wa 2023. Buri munsi, iyo ngoro yakira abantu baturuka mu bice bitandukanye by’isi. Ingendo nyobokamana zihakorerwa zifasha abahagera gusobanukirwa amateka yaho, by’umwihariko ibyo Bikira Mariya yabwiye Bernadette Soubirous mu 1858.

Ahandi ibihangano bigira ubwishingizi, byarwara bikavurwa
3 Kam 2024Ubugeni
Ahandi ibihangano bigira ubwishingizi, byarwara bikavurwa

Ubwanditsi: Ibikubiye muri iyi nyandiko, ni ibitekerezo bwite by’umusomyi wa IGIHE, Mutangana Steven.

Icyo twakwigira ku kirwa cya Gorée kiri mu murage w’Isi
12 Mut 2023Umurage
Icyo twakwigira ku kirwa cya Gorée kiri mu murage w’Isi

Mu Nyanja ya Atlantique, ku bilometero 3,5 uvuye ku cyambu kinini cya Dakar muri Sénégal cyitwa Port de Dakar, ikirwa cya Gorée gifite amateka yakigejeje mu murage w’Isi. Abahatemberera ni benshi, Abanyasenegali n’abanyamahanga. Ubwo mperutse kugisura muri 2022 nahageze mpafitite amatsiko menshi.

Igihombo twitera iyo tutabungabunze amajwi n’amashusho
27 Ukw 2022Umurage
Igihombo twitera iyo tutabungabunze amajwi n’amashusho

{Ubwanditsi: Ibikubiye muri iyi nyandiko, ibitekerezo bwiye by’umusomyi Mutangana Steven }

Kurinda ibiti bifite amateka byafasha mu guhangana n’ikibazo cy’imihindagurikire y’ibihe
17 Nze 2022Umurage
Kurinda ibiti bifite amateka byafasha mu guhangana n’ikibazo cy’imihindagurikire y’ibihe

Hamwe mu hantu ndangamurage ku Isi habangamiwe n’imihindagurikire y’ibihe. Ahenshi hugarijwe n’imyuzure, itwikwa ry’amashyamba n’itemwa ry’ibiti. Mu Rwanda hari ibiti birinzwe bifite amateka bikigaragara hirya no hono ku misozi ariko bihawe agaciro nk’uko n’ahandi bigenda byarushaho kugira akamaro mu guhangana n’ikibazo cy’imihindagurikire y’ibihe. Ibyo biti biraramba dore ko hari ibirengeje imyaka 300.

Perezida Kagame yaduhaye urugero rwiza, dusure ingoro ndangamurage
17 Kan 2022Columnists
Perezida Kagame yaduhaye urugero rwiza, dusure ingoro ndangamurage

Ubwanditsi: Ibikubiye muri iyi nyandiko ni ibitekerezo bwite by'umusomyi wa IGIHE, Mutangana Steven.

Dakar: Uko nasanze ibigwi by’u Rwanda na Perezida Kagame ahantu ndangamurage
15 Nya 2022Columnists
Dakar: Uko nasanze ibigwi by’u Rwanda na Perezida Kagame ahantu ndangamurage

Mu minsi ishize ubwo nari mu bushakashatsi ku byerekeye ibungabungwa ry’umurage nyandiko n’ishyinguranyandiko (documentary heritage/archives) mu murwa mukuru wa Sénégal, nageze ahantu ndangamurage hatandukanye.

Uburyo Radio yafasha  Ikinyarwanda kurushaho kwanda
21 Mut 2022Columnists
Uburyo Radio yafasha Ikinyarwanda kurushaho kwanda

Muri Gashyantare buri mwaka, Isi yose izirikana akamaro ka radio. Ni ku munsi mukuru wizihizwa ku itariki ya 13 Gashyantare.

Niyitegeka Félicité, intwari  na Kiliziya ikwiriye gushyira mu batagatifu
24 Mut 2021Columnists
Niyitegeka Félicité, intwari na Kiliziya ikwiriye gushyira mu batagatifu

Ubutwari bwa Niyitegeka Félicité bwahawe agaciro na Leta y’u Rwanda. Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 12 Nzeri 2001 yemeje ko Niyitegeka Félicité ari mu Ntwari z’Igihugu, mu cyiciro cy’Imena. Iki cyemezo cyashimangiwe n’Iteka rya Perezida Nº 18/01 ryo kuwa 26 Gashyantare 2013 ryemeza abagizwe Intwari z’Igihugu.

Komeza udukurikire
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram