SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

THE MOST IMPORTANT WORLD NEWS AND EVENTS OF THE DAY

Subscribe to our mailing list to receives daily updates direct to your inbox!

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / FAQs / Contact Us 

Niyigena Radjabu
Izanditswe na Niyigena Radjabu
Wellspring Foundation yatangije ubukangurambaga ku burezi budaheza, ikora urugendo rw’ibilometero 13
28 Kam 2025U Rwanda
Wellspring Foundation yatangije ubukangurambaga ku burezi budaheza, ikora urugendo rw’ibilometero 13

Abagize Umuryango utari uwa Leta, Wellspring Foundation for Education batangije ubukangurambaga bugamije guteza imbere uburezi budaheza kandi bufite ireme, baterera umusozi wa Jali ufite ibilometero birenga 13.

APACOPE yasoje umwaka w’amashuri 2024/2025, ihemba abanyeshuri bahize abandi
28 Kam 2025U Rwanda
APACOPE yasoje umwaka w’amashuri 2024/2025, ihemba abanyeshuri bahize abandi

Ikigo cy’amashuri cya APACOPE cyasoje umwaka w’amashuri wa 2024/2025 gihemba abanyeshuri bahize abandi mu byiciro byose.

Abakozi ba Jali Group basabwe kurushaho kwihugura ku mateka yagejeje u Rwanda kuri Jenoside
28 Kam 2025U Rwanda
Abakozi ba Jali Group basabwe kurushaho kwihugura ku mateka yagejeje u Rwanda kuri Jenoside

Abayobozi n'abakozi b'Ikigo cya Jali Group Ltd cyane cyane urubyiruko, basabwe guharanira kumenya amateka yagejeje u Rwanda kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 kugira ngo babashe guhangana n’abayagoreka.

Gicumbi: Abasaga 600 bahuguwe na BK Foundation mu bijyanye n’imicungire y’imari no kwizigama
26 Kam 2025U Rwanda
Gicumbi: Abasaga 600 bahuguwe na BK Foundation mu bijyanye n’imicungire y’imari no kwizigama

Abaturage bo mu Karere ka Gicumbi barishimira iterambere bagezeho nyuma yo guhabwa amahugurwa na BK Foundation ajyanye n’uburyo butandukanye bubafasha kwikura mu bukene bakiteza imbere ndetse bakagira ubushobozi bubemerera guhangana n’imihindagurikire y’ibihe.

Kwibuka 31: Abakozi ba Letshego Rwanda bibutse Jenoside yakorewe abatutsi
26 Kam 2025U Rwanda
Kwibuka 31: Abakozi ba Letshego Rwanda bibutse Jenoside yakorewe abatutsi

Abayobozi n’abakozi b’Ikigo cy'imari iciriritse, Letshego Rwanda Plc, basuye Urwibutso rwa Ntarama ruherereye mu Karere ka Bugesera, bunumira inzirakarengane zihashyinguye zishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ndetse biyemeza kugira uruhare mu kurandura ingengabitekerezo ya Jenoside.

Abashoferi  batwara abagenzi bitabira amahugurwa y’ubunyamwuga baracyari bake
24 Kam 2025Amakuru
Abashoferi batwara abagenzi bitabira amahugurwa y'ubunyamwuga baracyari bake

Mu Ugushyingo 2024 ni bwo hatangijwe gahunda yo guhugura abashoferi batwara abagenzi mu buryo rusange, barangiza amahugurwa bagahabwa impamyabushobozi zibemerera gukorera mu Rwanda kinyamwuga.

BK General Insurance imaze gutanga miliyari 3 Frw mu kugoboka abahinzi n’aborozi bahuye n’ibihombo
23 Kam 2025U Rwanda
BK General Insurance imaze gutanga miliyari 3 Frw mu kugoboka abahinzi n’aborozi bahuye n’ibihombo

Sosiyete y’Ubwishingizi ya Banki ya Kigali, BK General Insurance (BKGI) imaze gutanga arenga miliyari 3 Frw mu kugoboka abahinzi n’aborozi bahuye n’ibihombo ariko barashinganishije ibikorwa byabo.

Kinigi, Gikungu na Kirundo mu mbuto z’ibirayi zitagitanga umusaruro zigiye kuvugururwa
18 Kam 2025U Rwanda
Kinigi, Gikungu na Kirundo mu mbuto z’ibirayi zitagitanga umusaruro zigiye kuvugururwa

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi (RAB) cyatangaje ko hari imbuto zirimo Kinigi, Kirundo na Gikungu zitagitanga umusaruro, ndetse kiri guteganya kuzivugurura na zo zikagira ubudahangarwa bwo kwihanganira ihindagurika ry’ibihe.

Iran yabujije abaturage gukoresha WhatsApp
18 Kam 2025Mu Mahanga
Iran yabujije abaturage gukoresha WhatsApp

Leta ya Iran yasabye abaturage bayo gusiba porogaramu ya WhatsApp muri telefone zabo, aho ishinja uru rubuga gukoreshwa na leta ya Israel mu kuneka amakuru y'abaturage ba Iran, nubwo nta bimenyetso bifatika yatanze.

Navuye mu bukode ndiyubakira: Mukandayisenga watejwe imbere n’ubuhinzi bw’imboga n’imbuto
16 Kam 2025U Rwanda
Navuye mu bukode ndiyubakira: Mukandayisenga watejwe imbere n'ubuhinzi bw’imboga n’imbuto

Hari bamwe mu rubyiruko rutekereza ko ubuhinzi by'umwihariko ubw'imboga n'imbuto, budashobora guteza imbere ubukora, icyakora kuri Mukandayisenga Donathile, ibi ntabwo ari ukuri kuko ubu buhinzi bwamufashije.

Komeza udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram