SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

THE MOST IMPORTANT WORLD NEWS AND EVENTS OF THE DAY

Subscribe to our mailing list to receives daily updates direct to your inbox!

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / FAQs / Contact Us 

Nkurunziza Ferdinand
Izanditswe na Nkurunziza Ferdinand
Urwego rw’Umuvunyi rugiye kongererwa inshingano zo gukemura amakimbirane ashingiye kuri serivisi z’imari
11 Ukw 2020U Rwanda
Urwego rw’Umuvunyi rugiye kongererwa inshingano zo gukemura amakimbirane ashingiye kuri serivisi z’imari

Abadepite bagize Komisiyo y’Ubukungu n’Ubucuruzi mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda basuzumye umushinga w’itegeko riteganya kongerera Urwego rw’Umuvunyi inshingano zo gukemura amakimbirane yakomotse ku bibazo bishingiye kuri serivisi z’imari.

Imbamutima z’abanye-Congo batuye mu Rwanda: Ishuri n’isoko rya kijyambere mu mishinga yagutse bahanze amaso
16 Nze 2020U Rwanda
Imbamutima z’abanye-Congo batuye mu Rwanda: Ishuri n’isoko rya kijyambere mu mishinga yagutse bahanze amaso

Gutsura umubano hagati y’ibihugu bituranye ni umusingi ntakuka w’ibikorwa biteza imbere abaturage babyo kandi bikarushaho gutanga icyizere cyo kubaka no kwagura imbago mu bijyanye n'ubuhahirane, uburezi, itumanaho n’ibindi.

Inama za Dr Niyonsaba wo muri Baho International Hospital ku kwirinda indwara y’igifu
7 Nze 2020Indwara
Inama za Dr Niyonsaba wo muri Baho International Hospital ku kwirinda indwara y’igifu

Ni kenshi wumva abantu bavuga ko barwaye igifu kandi gihora kibababaza, ariko bakaba batazi impamvu n’inkomoko y’ubwo burwayi. Igifu nk’imwe mu nyama z’imbere mu mubiri kandi zifite akamaro ntagereranywa ko kwakira no gutunganya ibyo turya cyangwa tunywa, kikabihinduramo ibitunga umubiri, ibidafite akamaro kikabisohora, abahanga mu mikorere y’umubiri bagira inama buri wese yo kwita ku gifu neza kuko kwangirika cyangwa kurwara kwacyo bigira ingaruka mbi ku mikorere y’umubiri wose muri rusange.

Rusesabagina azaburanishirizwe ahabereye ibyaha byakozwe na FLN-Icyifuzo cy’ab’i Nyabimata na Uwinkingi
5 Nze 2020U Rwanda
Rusesabagina azaburanishirizwe ahabereye ibyaha byakozwe na FLN-Icyifuzo cy’ab’i Nyabimata na Uwinkingi

Nyuma y’itabwa muri yombi rya Paul Rusesabagina wayoboraga Ishyaka rya MRCD rivuga ko rirwanya Leta y’u Rwanda, rikagira n’umutwe wa gisirikare FLN; bamwe mu baturage bagizweho ingaruka n’ibitero byagabwe na FLN mu bihe bitandukanye mu 2018, barasaba ko ubutabera ku byaha bishinjwa Rusesabagina bwazatangirwa ahabereye ibitero.

Uko Cobra witandukanyije na FDLR na RUD-Urunana yakiriwe mu gihugu yahereye kera arwanya bikanga
29 Kan 2020U Rwanda
Uko Cobra witandukanyije na FDLR na RUD-Urunana yakiriwe mu gihugu yahereye kera arwanya bikanga

Rtd Maj Bimenyimana Bonaventure wamenyekanye nka Cobra, ni umwe mu bahoze ari abarwanyi b’umutwe wa FDLR na RUD-Urunana, wafashe icyemezo gikomeye cyo kwitandukanya n’iyo mitwe, akagaruka mu Rwanda yamaze imyaka 15 ashaka kwigarurira akoresheje imbunda ariko bikanga.

Babuze uko bava i Nyabugogo nyuma yo kugongwa n’ingamba nshya zo kurwanya COVID-19 (Amafoto)
27 Kan 2020U Rwanda
Babuze uko bava i Nyabugogo nyuma yo kugongwa n’ingamba nshya zo kurwanya COVID-19 (Amafoto)

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 26 Kanama 2020, Inama y’Abaminisitiri yateranye iyobowe na Perezida Kagame, yavuguruye ingamba zo guhangana n’ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19, nyuma yo kwiyongera kw’imibare y’abandura mu buryo buteje inkeke mu minsi itambutse.

U Bwongereza bwakuye u Bufaransa kuri lisiti y’ibihugu nyabagendwa
14 Kan 2020Mu Mahanga
U Bwongereza bwakuye u Bufaransa kuri lisiti y'ibihugu nyabagendwa

U Bwongereza bwafashe umwanzuro wo gushyira mu kato k’iminsi 14 abagenzi bose baturutse mu Bufaransa nyuma y’aho iki gihugu cyongeye kugira umubare munini w’ubwandu bushya bw’icyorezo cya COVID-19.

Abenjeniyeri bato basabwe guha agaciro amahirwe ari mu kwimenyereza umwuga
13 Kan 2020U Rwanda
Abenjeniyeri bato basabwe guha agaciro amahirwe ari mu kwimenyereza umwuga

Mu gihe u Rwanda rurajwe ishinga no guteza imbere ibikorwaremezo bijyanye n’icyerekezo, Urugaga rw'Abenjeniyeri mu Rwanda rurashishikariza abakinjira muri uyu mwuga guha agaciro amahirwe bahabwa yo kwimenyereza binyuze mu mushinga rwatangije kuko aribwo buryo buzabafasha guhatana ku isoko ry’umurimo.

Inshingano za BNR, politiki y’ifaranga, uburyo igihugu cyaka kikanishyura umwenda: Ikiganiro na Prof Kigabo
29 Nya 2020U Rwanda
Inshingano za BNR, politiki y’ifaranga, uburyo igihugu cyaka kikanishyura umwenda: Ikiganiro na Prof Kigabo

Birashoboka ko waba uri umwe mu batekereza ko Banki Nkuru y’u Rwanda ikora nka banki cyangwa ibindi bigo by’imari bisanzwe bikorana n’abaturage mu buryo bw’ubucuruzi bubyara inyungu.

Umwihariko w’uturere dutandatu tubitse amateka y’Urugamba rwo Kubohora Igihugu (Amafoto)
23 Nya 2020U Rwanda
Umwihariko w'uturere dutandatu tubitse amateka y'Urugamba rwo Kubohora Igihugu (Amafoto)

Amateka y’Urugamba rwo kubohora igihugu nyirizina atangirira ku mupaka wa Kagitumba mu Karere ka Nyagatare, aho Ingabo za RPA zinjiriye tariki ya 1 Ukwakira 1990.

Komeza udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram