Harimo Tour du Rwanda y’Abagore: Impinduka Nkurayija Hubert yinjiranye muri FERWACY
Perezida mushya w’Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare mu Rwanda (FERWACY), Nkurayija Ishimwe Jean Hubert, yavuze ko mu mpinduka yinjiranye harimo gushyiraho irushanwa rya Tour du Rwanda rihuza amakipe y’abagore no kubakira uyu mukino ku bakinnyi.