SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

Amakuru agezweho yaranze uyu munsi

Iyandikishe ukoresheje email yawe kugira ngo ujye ubona amakuru ako kanya

Dukurikire
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

Abo turibo / Ubwanditsi /Twandikire

Default Author
Prudence Kwizera

Lorem, ipsum dolor sit amet consectetur adipisicing elit. Ad nihil cumque laborum consequatur cupiditate ea, atque repellendus illum optio nesciunt aperiam, accusantium aut obcaecati eligendi debitis perferendis laboriosam, sapiente sit.

X (Twitter)
Izanditswe na Prudence Kwizera
Abagikora ibikorwa bibi byangiza Nyungwe bakebuwe
7 Mut 2023Ibidukikije
Abagikora ibikorwa bibi byangiza Nyungwe bakebuwe

Hagamijwe gukomeza kubungabunga Pariki y’Igihugu ya Nyungwe no kwigisha abayangiza kubireka, mu nkengero zayo hakomeje ibikorwa bitandukanye byo gukora ubukangurambaga.

Huye: Umurambo w’umugore ‘ukora uburaya’ wabonetse hafi y’inzira
6 Mut 2023U Rwanda
Huye: Umurambo w’umugore ‘ukora uburaya’ wabonetse hafi y’inzira

Umurambo w’umugore witwa Uwitonze wabonetse mu gashyamba kari hafi y’inzira mu Murenge wa Tumba mu Karere ka Huye bikekwa ko yishwe n’abantu bataramenyekana.

Nyamagabe: Abana icumi batangiye umwaka mushya biyemeza kuva mu muhanda
4 Mut 2023U Rwanda
Nyamagabe: Abana icumi batangiye umwaka mushya biyemeza kuva mu muhanda

Abana icumi bo mu Karere ka Nyamagabe batangiye umwaka mushya wa 2023 biyemeza kuva mu buzererezi bamazemo igihe.

Ubuhahirane hagati ya Ruhango na Kamonyi bwakomwe mu nkokora
3 Mut 2023U Rwanda
Ubuhahirane hagati ya Ruhango na Kamonyi bwakomwe mu nkokora

Umuhanda uhuza Akarere ka Ruhango na Kamonyi ndetse n’ikiraro gihari byarangiritse ku buryo byagize ingaruka mbi ku buhahirane hagati y’utwo turere twombi two mu Ntara y’Amajyepfo.

Gen Rwarakabije ashobora guhamagarwa mu rubanza rw’abahoze muri FDLR
23 Uku 2022U Rwanda
Gen Rwarakabije ashobora guhamagarwa mu rubanza rw’abahoze muri FDLR

Urugereko Rwihariye rw’Urukiko Rukuru Rukorera i Nyanza mu Majyepfo y’u Rwanda ruburanisha ibyaha Mpuzamahanga n'Ibyambukiranya imipaka rushobora guhamagara Gen Rwarakabije Paul agatanga ubuhamya ku bahoze ari abayobozi b'umutwe w'iterabwoba wa FDLR bari kuburanishwa n'uru rukiko.

Amb Ron Adam yagabiye inka imiryango 20 yo muri Nyaruguru
22 Uku 2022U Rwanda
Amb Ron Adam yagabiye inka imiryango 20 yo muri Nyaruguru

Ambasaderi wa Israel mu Rwanda, Dr Ron Adam yasuye Akarere ka Nyaruguru kuri uyu wa Gatatu, agabira inka imiryango 20 mu rwego rwo kuzamura iterambere ry’abayigize.

Byagoye  uwahoze ari umuvugabutumwa gusobanura uburyo yinjijwe  muri FDLR  ku gahato
21 Uku 2022U Rwanda
Byagoye uwahoze ari umuvugabutumwa gusobanura uburyo yinjijwe muri FDLR ku gahato

Abagabo batandatu bahoze mu mutwe w’iterabwoba wa FDLR urwanya u Rwanda ukorera mu mashyamba ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Gatatu bakomeje kwiregura ku byaha baregwa birimo iterabwoba.

Ruhango yiyemeje guteza imbere Volleyball no kubaka ‘gymnase’
21 Uku 2022Volleyball
Ruhango yiyemeje guteza imbere Volleyball no kubaka ‘gymnase’

Nk’uko biteganyijwe ko buri karere ko mu Ntara y’Amajyepfo kagomba kugira umwihariko w’umukino byibura umwe gateza imbere mu gufasha abato gukuza impano no gufasha abaturage kwishima, aka Ruhango kahisemo kuzamura Volleyball.

Musenyeri Rukamba yatanze impuruza ku kibazo cy’igwingira ry’abana
19 Uku 2022U Rwanda
Musenyeri Rukamba yatanze impuruza ku kibazo cy'igwingira ry'abana

Musenyeri wa Diyoseze Gatolika ya Butare, Rukamba Philippe, yasabye abize gutanga umusanzu wabo mu kurandura imirire mibi n’igwingira ry’abana mu Rwanda kuko ari ikibazo gikomeye kandi gikeneye ubufatanye mu kugikemura.

Hagaragajwe ahakeneye umwotso mu Majyepfo ngo gahunda ya Guverinoma itaba amasigaracyicaro
18 Uku 2022U Rwanda
Hagaragajwe ahakeneye umwotso mu Majyepfo ngo gahunda ya Guverinoma itaba amasigaracyicaro

Hashize imyaka itanu mu Rwanda hashyirwa mu bikorwa Gahunda ya Guverinoma yo kwihutisha Iterambere (2017-2024) izwi nka NST1 (National Strategy for Transformation) kugira ngo Abanyarwanda batere imbere kandi bagire imibereho myiza babigizemo uruhare.

Komeza udukurikire
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram