Lorem, ipsum dolor sit amet consectetur adipisicing elit. Ad nihil cumque laborum consequatur cupiditate ea, atque repellendus illum optio nesciunt aperiam, accusantium aut obcaecati eligendi debitis perferendis laboriosam, sapiente sit.
Ubwanditsi: Ibikubiye muri iyi nkuru bishingiye ku bitekerezo by’umwanditsi akaba n’umusomyi wa IGIHE, Rizinde M. Shaffiy.
Ubusanzwe nta gihe na kimwe kijya kibaho ku Isi nta ntambara ihari, hari igihe iba iri kure yawe ugakeka ko mu Isi ibintu ari ari amahoro cyangwa ikaba itagufiteho ingaruka zitaziguye (directe), ariko mu kuri nta mahoro asesuye ajya aba ku Isi, hari igihe ziba ziri mu bene gihugu ubwabo (guère civile) cyangwa hagati y’ibihugu n’ibihugu.
Byatangiye ubwo icyorezo cya Covid-19 cyari gitangiye kuvugwa muri Afurika, birangira bibaye ubuhanuzi bw’uwiyita uwihaye Imana, aho bakwije igihuha cy’uko Perezida Paul Kagame yitabye Imana.
Amezi abaye menshi ndetse bibaye imyaka, hagati y’u Rwanda na Uganda ibihugu by’ibituranyi kandi by’ibivandimwe, bihuriye kuri byinshi mu mateka no mu mibereho y’ababituye havugwa ibibazo bya politiki n’umutekano.