SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

THE MOST IMPORTANT WORLD NEWS AND EVENTS OF THE DAY

Subscribe to our mailing list to receives daily updates direct to your inbox!

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / FAQs / Contact Us 

Rosine Ingabire
Izanditswe na Rosine Ingabire
Trump yongeye gusaba Canada kuba Leta ya Amerika
7 Mut 2025Mu Mahanga
Trump yongeye gusaba Canada kuba Leta ya Amerika

Donald Trump ubura iminsi ibarirwa ku ntoki akinjira muri White House nka Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yongeye gusaba Canada kwiyunga kuri icyo gihugu, ikaba Leta ya 51 ya Amerika.

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bushinwa ari mu ruzinduko muri Afurika
6 Mut 2025Muri Afurika
Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga w'u Bushinwa ari mu ruzinduko muri Afurika

Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga w'u Bushinwa, Wang Yi, ari mu ruzinduko ku Mugabane wa Afurika ruzamara iminsi irindwi, aho azasura ibihugu birimo Namibia, Repubulika ya Congo, Tchad ndetse na Nigeria.

USA: Uwari umaze iminsi yamagana imikorere ya ChatGPT yabonetse yapfuye
15 Uku 2024Mu Mahanga
USA: Uwari umaze iminsi yamagana imikorere ya ChatGPT yabonetse yapfuye

Suchir Balaji wahoze akorere ikigo OpenAI cyahanze ikoranabuhanga rya ChatGPT, yagaragaye yapfuye mu mujyi wa San Francisco muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Ethiopian Airlines yaciwe amande kubera kunyuranya n’amategeko ya Amerika
15 Uku 2024Mu Mahanga
Ethiopian Airlines yaciwe amande kubera kunyuranya n’amategeko ya Amerika

Ikigo gishinzwe gutwara abantu n’ibintu muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyahanishije sosiyete y’indege, Ethiopian Airlines amande ya $425,000 (asaga miliyoni 582 Frw), izira kuba indege zayo zaragurutse mu kirere zitemerewe kunyuramo.

U Burusiya bwabujije abaturage babwo kujya muri Amerika
12 Uku 2024Mu Mahanga
U Burusiya bwabujije abaturage babwo kujya muri Amerika

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y'u Burusiya yaburiye abaturage bayo ibabuza gukorera ingendo zidakenewe muri Amerika no mu bindi bihugu bifitanye umubano ukomeye na yo kuko bashobora gutabwa muri yombi bazizwa impamvu za politike.

Koreya y’Epfo: Polisi yasatse ibiro bya Perezida, uwahoze ari Minisitiri w’Ingabo ashaka kwiyahura
11 Uku 2024Mu Mahanga
Koreya y’Epfo: Polisi yasatse ibiro bya Perezida, uwahoze ari Minisitiri w’Ingabo ashaka kwiyahura

Polisi yo muri Koreya y’Epfo kuri uyu wa Gatatu yasatse ibiro bya Perezida Yoon Suk Yeol, nyuma y’amakuru y’uko uwahoze ari Minisitiri w’Ingabo Kim Yong-hyun yashatse kwiyahurira muri kasho bikaburizwamo.

Indege z’intambara z’u Bufaransa zatangiye kuva muri Tchad
10 Uku 2024Muri Afurika
Indege z’intambara z’u Bufaransa zatangiye kuva muri Tchad

Indege z’intambara z’u Bufaransa zatangiye kuva muri Tchad, nyuma yo gusesa amasezerano mu by’ubufatanye yari hagati y’ibihugu byombi.

U Burusiya bworoheje uburyo bwo kubona viza ku baturage b’ibihugu bitatu bya Afurika
10 Uku 2024Muri Afurika
U Burusiya bworoheje uburyo bwo kubona viza ku baturage b’ibihugu bitatu bya Afurika

U Burusiya bworoheje uburyo bwo kubona viza ku Banyafurika baturuka mu bihugu bya Kenya, Eswatini na Zimbabwe.

Uhuru Kenyatta na William Ruto bongeye guhura nyuma yo gushwana
9 Uku 2024Muri Afurika
Uhuru Kenyatta na William Ruto bongeye guhura nyuma yo gushwana

Nyuma y’imyaka ibiri y’induru no kutajya imbizi, Perezida wa Kenya, William Ruto yahuye na Uhuru Kenyatta yasimbuye ku butegetsi.

Mozambique: Abigaragambya bafunze imihanda, batera sitasiyo z’amashanyarazi
9 Uku 2024Muri Afurika
Mozambique: Abigaragambya bafunze imihanda, batera sitasiyo z'amashanyarazi

Ikigo gishinzwe gukwirakwiza umuriro w'amashanyarazi muri Mozambique, EDM, cyatangaje ko abigaragambya bateye Sitasiyo y'amashanyarazi ya Ressano Garcia Electrical Substation, bategeka ko ihagarika ibikorwa byayo, bituma umuriro ubura mu bice by'Umurwa Mukuru w'icyo gihugu, Maputo, no mu bindi bice biwukikije.

Komeza udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram