SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

Amakuru agezweho yaranze uyu munsi

Iyandikishe ukoresheje email yawe kugira ngo ujye ubona amakuru ako kanya

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / Ubwanditsi /Twandikire

Twagirayezu Patrick

No description available.

Default Author
Izanditswe na Twagirayezu Patrick
Abakozi ba Umutanguha Finance Company Plc basuye Ababyeyi b’Intwaza mu Bugesera
24 Kam 2025U Rwanda
Abakozi ba Umutanguha Finance Company Plc basuye Ababyeyi b’Intwaza mu Bugesera

Abakozi ba Umutanguha Finance Company Plc basuye ababyeyi b’Intwaza batujwe mu Rugo rw’Impinganzima rwa Bugesera, barabahumuriza babereka ko batari bonyine.

Mu 2023/24, miliyari 1,7 Frw zakoreshejwe mu kwishingira ibihingwa n’amatungo
23 Kam 2025U Rwanda
Mu 2023/24, miliyari 1,7 Frw zakoreshejwe mu kwishingira ibihingwa n'amatungo

Raporo ya Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi y’umwaka wa 2023/2024, igaragaza ko Leta y’u Rwanda yashoye agera kuri miliyari 1,7 Frw mu kwishingira ibihingwa n’amatungo.

Minisitiri Dr. Mugenzi yasabye abanyamadini gushyira imbere ubumwe bw’Abanyarwanda, bakirinda amacakubiri
22 Kam 2025U Rwanda
Minisitiri Dr. Mugenzi yasabye abanyamadini gushyira imbere ubumwe bw’Abanyarwanda, bakirinda amacakubiri

Minisitiri w'Ubutegetsi bw'Igihugu, Dr. Patrice Mugenzi, yasabye abanyamadini kugendera kure ibikorwa ibyo ari byo byose by’ivangura, ndetse bakisuzuma bakiha intego yo kubaka ubumwe bw’Abanyarwanda.

IGP Namuhoranye yashimiye  ubufatanye bwa Afurika mu kwicungira umutekano
22 Kam 2025U Rwanda
IGP Namuhoranye yashimiye ubufatanye bwa Afurika mu kwicungira umutekano

Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP), CG Felix Namuhoranye, yashimye ubufatanye buri hagati ya Polisi y’u Rwanda n’ibindi bihugu bya Afurika mu kongera ubumenyi n’ubunyamwuga mu gucunga umutekano.

Abakozi ba Sager Ganza Microfinance Plc basuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Nyamata, biyemeza guharanira ubwiyunge
21 Kam 2025U Rwanda
Abakozi ba Sager Ganza Microfinance Plc basuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Nyamata, biyemeza guharanira ubwiyunge

Abayobozi n’abakozi b’Ikigo cy’Imari cya Sager Ganza Microfinance Plc basuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Nyamata, biyemeza gukomeza gusigasira amateka no guharanira ubumwe n’ubwiyunge mu Banyarwanda.

Musanze: Handspun Hope yashimiwe uruhare mu kuzamura imibereho myiza y’abaturage
20 Kam 2025U Rwanda
Musanze: Handspun Hope yashimiwe uruhare mu kuzamura imibereho myiza y’abaturage

Ubuyobozi bw’Akarere ka Musanze bwashimiye umuryango wa Handspun Hope uzwi ku izina ry’umuzabibu mwiza uruhare ugira mu guteza imbere imibereho myiza y’abaturage, by’umwihariko abagore baciye mu buzima bugoye, aho bahabwa akazi bakikura mu bukene, bakanigishwa indi mirimo.

Bralirwa yibukije abantu kwirinda kunywa ibisindisha batwaye ibinyabiziga
20 Kam 2025U Rwanda
Bralirwa yibukije abantu kwirinda kunywa ibisindisha batwaye ibinyabiziga

Uruganda rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye, Bralirwa Plc, rwibukije abatwara ibinyabiziga kugira imyitwarire iboneye mu kunywa inzoga, rwongera gushimangira ko bitemewe gutwara ibinyabiziga umuntu yanyoye ibisindisha.

Mu myaka itatu izaba yigisha abanyeshuri 1000: Winners Mount Academy mu iterambere ry’uburezi bufite ireme
19 Kam 2025U Rwanda
Mu myaka itatu izaba yigisha abanyeshuri 1000: Winners Mount Academy mu iterambere ry'uburezi bufite ireme

Winners Mount Academy ikorera mu Karere ka Musanze, irishimira intambwe igaragara imaze gutera mu guteza imbere uburezi mu myaka irindwi imaze, ikagaragaza ko mu myaka itatu iri imbere izaba yigisha abanyeshuri bagera ku 1000.

U Rwanda rwasinyanye amasezerano na OPEC ya miliyari zirenga 430 Frw
19 Kam 2025U Rwanda
U Rwanda rwasinyanye amasezerano na OPEC ya miliyari zirenga 430 Frw

Ikigega Mpuzamahanga cy’Iterambere (OPEC Fund for International Development, OFID) cyatangaje ko kigiye gushora miliyoni 300$ (arenga miliyari 432 Frw) mu bikorwa by’iterambere mu Rwanda mu gihe cy’imyaka itatu iri imbere.

Ingabo z’u Rwanda n’iza Uganda zahuriye mu nama ku mutekano
18 Kam 2025U Rwanda
Ingabo z’u Rwanda n’iza Uganda zahuriye mu nama ku mutekano

Abayobozi mu Ngabo z'u Rwanda (RDF) n'abo mu za Uganda (UPDF) bahuriye mu nama y'iminsi itatu mu Karere ka Nyagatare, igamije kwiga ku ishusho y'umutekano, gushaka ibisubizo by'ibibazo by'abaturiye imipaka no gukaza umutekano ku mupaka w'ibihugu byombi.

Komeza udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram