SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

Amakuru agezweho yaranze uyu munsi

Iyandikishe ukoresheje email yawe kugira ngo ujye ubona amakuru ako kanya

Dukurikire
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

Abo turibo / Ubwanditsi /Twandikire

Default Author
Uwase Kevine

Lorem, ipsum dolor sit amet consectetur adipisicing elit. Ad nihil cumque laborum consequatur cupiditate ea, atque repellendus illum optio nesciunt aperiam, accusantium aut obcaecati eligendi debitis perferendis laboriosam, sapiente sit.

X (Twitter)
Izanditswe na Uwase Kevine
Abanyeshuri biga muri KETHA basabwe kwirinda mu gupfobya Jenoside
1 Nya 2023U Rwanda
Abanyeshuri biga muri KETHA basabwe kwirinda mu gupfobya Jenoside

Abanyeshuri biga mu kigo cyigisha ibijyanye no gutanga serivisi z’amahoteli n’ubukerarugendo, Kigali Excellent Tourism and Hospitality Academy (KETHA) basabwe kwirinda ababashuka ngo bakoreshe imbuga nkoranyambaga mu gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.

Farumasi ‘GoodLife Health &Beauty’ yishyuriye mituweli abatishoboye 100 muri Kicukiro
2 Kam 2023U Rwanda
Farumasi 'GoodLife Health &Beauty' yishyuriye mituweli abatishoboye 100 muri Kicukiro

GoodLife Health &Beauty Pharmacy Ltd ku bufatanye na Top Health Clinic zatanze serivisi zo gupima indwara zitandura zinishyurira mitiweli abaturage 100 batishoboye mu Karere ka Kicukiro.

Arsene Tuyi yanyuze abitabiriye igitaramo yateguye kuri Pantekote (Amafoto)
29 Gic 2023Imyidagaduro
Arsene Tuyi yanyuze abitabiriye igitaramo yateguye kuri Pantekote (Amafoto)

Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Arsene Tuyi, yanejeje imitima y’abitabiriye igitaramo ngarakumwaka ategura ku munsi wa Pantekoti, cyari kibaye ku nshuro ya kane.

Urubyiruko rwasabwe kugira uruhare mu gukumira indwara zititabwaho ziri kwica benshi ku Isi
28 Gic 2023U Rwanda
Urubyiruko rwasabwe kugira uruhare mu gukumira indwara zititabwaho ziri kwica benshi ku Isi

Basketball Africa League ifatanyije n’umuryango uharanira imibereho myiza yabatuye muri Afurika, Speak Up Africa, bahuguye urubyiruko ku bijyanye no kurwanya indwara zititabwaho nk’uko bikwiye, bifashishije siporo.

Abakozi ba Access Bank Rwanda Plc bunamiye abazize Jenoside baruhukiye mu Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro
22 Gic 2023U Rwanda
Abakozi ba Access Bank Rwanda Plc bunamiye abazize Jenoside baruhukiye mu Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro

Abakozi n’abayobozi ba banki y’ubucuruzi ya Access Bank Rwanda Plc, bibutse ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bunamira abaruhukiye mu Rwibutso rwa Jenoside rwa Nyanza ya Kicukiro.

Abayobozi n’abakozi ba Serena Hotel bunamiye Abatutsi bishwe muri Jenoside
19 Gic 2023U Rwanda
Abayobozi n’abakozi ba Serena Hotel bunamiye Abatutsi bishwe muri Jenoside

Mu gihe u Rwanda rukiri mu minsi 100 yo kwibuka, abakozi n’abayobozi ba Serena Hotel bibutse ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994.

Abacuruza ibikomoka ku mbaho bashyizeho uburyo bwo kwigenzura uko batanga EBM
12 Gic 2023Ubukungu
Abacuruza ibikomoka ku mbaho bashyizeho uburyo bwo kwigenzura uko batanga EBM

Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) ku bufatanye n’Ihuriro ry’Abacuruza ibikomoka ku mbaho (Rwanda Wood Value Chain Association) bakorera mu gakiriro ka Gisozi, bashyizeho uburyo bushya bwo kwigenzura hagamijwe kubahiriza inshingano zo gusora no gukoresha neza EBM ku bakorera muri icyo cyiciro.

SPENN yashyizeho uburyo bushya bwo kwishyura kuba umunyamuryango wa Norrsken House Kigali
8 Gic 2023Ikoranabuhanga
SPENN yashyizeho uburyo bushya bwo kwishyura kuba umunyamuryango wa Norrsken House Kigali

Ikigo gitanga serivisi z’Imari zo kubitsa, kohereza, kwakira amafaranga no kubona inguzanyo y’igihe gito, SPENN, ifatanyije na I&M Bank byashyizeho uburyo bushya bwo kwishyura umusanzu w’umunyamuryango ukorera muri Norrsken House Kigali.

Filime z’Abanya-Korea ziri kwerekanwa muri Century Cinema ku buntu
6 Gic 2023U Rwanda
Filime z’Abanya-Korea ziri kwerekanwa muri Century Cinema ku buntu

Mu rwego rwo kwizihiza isabukuru y’imyaka 60 y’umubano mu bya dipolomasi hagati y’u Rwanda na Koreya y’Epfo, Ambasade yayo mu Rwanda iri kwerekana zimwe muri filime zikomeye mu gihugu cyabo mu iserukiramuco rya filimi rizwi nka “Korean Film Festival”.

SPENN yatangije uburyo bwo guhererekanya amafaranga n’amabanki na Mobile Money
3 Gic 2023Ubucuruzi
SPENN yatangije uburyo bwo guhererekanya amafaranga n’amabanki na Mobile Money

I&M Bank (Rwanda) Plc ifatanyije na SPENN, ikigo gitanga serivisi z’imari zo kubika, kohereza, kwakira amafaranga no kubona inguzanyo y’igihe gito, yatangije uburyo bushya bwo kohereza amafaranga kuri konti ziri mu yandi mabanki no kuri Mobile Money.

Komeza udukurikire
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram