Yabajije nyina ikibazo afite gituma ahora anywa imiti undi amusubiza ko ari iy’inkorora.

Byarakomeje kugeza agize imyaka 11 y’amavuko ubwo yamenyaga ko arwaye SIDA.

Ubuhamya bwe burababaje, gusa yabashije kwiyakira ndetse agira inama abakiri bato ku buryo bakwiriye kwitwara.