RFI yatangaje ko iyo nyigo yakozwe ariko itarashyirwa ahagaragara.

Muri ubwo bwoko 10.000, ububarirwamo izirenga miliyari ni bune gusa. Ubwo ni Moineau domestique, Etourneau sansonnet européen, Goéland à bec cerclé na hirondelle rustique.

Ubundi bugiye bufitemo nke ariko ngo 12% byabwo buzigize bugirwa n’iziri munsi ya 5.000.

Iyo nyigo nimara kumurikwa bizaba bibaye inshuro ya mbere humvikana umubare uzwi w’ubundi bwoko bw’inyamaswa zitari abantu.

Hagaragajwe ko mu Isi hari inyoni zisaga miliyari 50