RFI yatangaje ko iyo nyigo yakozwe ariko itarashyirwa ahagaragara.
Muri ubwo bwoko 10.000, ububarirwamo izirenga miliyari ni bune gusa. Ubwo ni Moineau domestique, Etourneau sansonnet européen, Goéland à bec cerclé na hirondelle rustique.
Ubundi bugiye bufitemo nke ariko ngo 12% byabwo buzigize bugirwa n’iziri munsi ya 5.000.
Iyo nyigo nimara kumurikwa bizaba bibaye inshuro ya mbere humvikana umubare uzwi w’ubundi bwoko bw’inyamaswa zitari abantu.





Loading comments...
Tanga igitekerezo