SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

THE MOST IMPORTANT WORLD NEWS AND EVENTS OF THE DAY

Subscribe to our mailing list to receives daily updates direct to your inbox!

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / FAQs / Contact Us 

Dufitumukiza Salathiel
Izanditswe na Dufitumukiza Salathiel
Abahanga Bitiranyijwe N Abanyakavuyo Amateka Y Aba Connards Babiciye Muri Unr
6 Mat 2022Mu Mateka
Abahanga Bitiranyijwe N Abanyakavuyo Amateka Y Aba Connards Babiciye Muri Unr

Abageze mu nyubako ya Kaminuza y’u Rwanda iberamo inama n’ibindi bikorwa bihuriza benshi hamwe (Main Auditorium), mwabonye igice cy’inyuma kiri hejuru cyicaramo abantu bake. N’abatarahagera ubwo mwashushanyije uko hameze.

Ikaze muri Kigali ya 2060: Runguruka mu mibereho iteye amatsiko
30 Wer 2022U Rwanda
Ikaze muri Kigali ya 2060: Runguruka mu mibereho iteye amatsiko

Ni inzozi ariko icyo gihe u Rwanda ruzaba rwararenze 2050, umwaka rwihaye wo kuzaba ruri mu bihugu byateye imbere, aho rwiyemeje kubakira ubukungu ku ikoranabuhanga, ubumenyi bwibanda ku guhanga udushya no kurengera ibidukikije.

Ubushakashatsi: Gukoresha paracetamol kenshi bishobora gutera indwara z’umutima na ‘stroke’
9 Gas 2022Ubuzima
Ubushakashatsi: Gukoresha paracetamol kenshi bishobora gutera indwara z'umutima na 'stroke'

Abashakashatsi bo muri Kaminuza ya Edinburg muri Ecosse bagaragaje ko gukoresha kenshi ibinini bya paracetamol bishobora kongera umuvuduko w'amaraso, ukaba intandaro y'ibyago byo kurwara umutima n'indwara ifata udutsi two mu bwonko izwi nka "stroke".

Ni gute Yezu wavutse ari umwana w’Imana yaje kuba Imana nyirizina?
9 Gas 2022Imyemerere
Ni gute Yezu wavutse ari umwana w’Imana yaje kuba Imana nyirizina?

Yezu yavutse, akura ndetse akorana n’Abayahudi nk’Intumwa ze. Kugeza ku rupfu rwe yafatwaga nk’Umuyahudi wo muri Israël ariko igitangaje ni uko benewabo benshi batizera Iyobokamana yatangije mu Isi.

USA: Amafaranga menshi mu mateka yari yaribwe kuri Bitcoin yagarujwe
9 Gas 2022Mu Mahanga
USA: Amafaranga menshi mu mateka yari yaribwe kuri Bitcoin yagarujwe

Inzego z'ubutabare muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika zataye muri yombi babiri bakekwaho kunyereza amafaranga akoresherezwa kuri internet, afite agaciro ka miliyari 5$.

RDC: Haranugwanugwa iburizwamo ry’umugambi mubisha ku butegetsi bwa Tshisekedi
9 Gas 2022Muri Afurika
RDC: Haranugwanugwa iburizwamo ry'umugambi mubisha ku butegetsi bwa Tshisekedi

Umuvugizi w'Ibiro bya Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Kasongo Mwema, yatangaje ko inzego z'iperereza zabonye "ibimenyetso bifatika" biganisha ku mugambi wo guhungabanya umutekano w'igihugu.

Abarenga 40 mu baregera indishyi ku bw’ibitero bya FLN ntibanyuzwe n’izo bagenewe
8 Gas 2022Ubutabera
Abarenga 40 mu baregera indishyi ku bw’ibitero bya FLN ntibanyuzwe n'izo bagenewe

Abagera kuri 44 mu baregera indishyi mu rubanza ruregwamo Paul Rusesabagina washinze akanayobora MRCD/FLN na bagenzi be 20, bavuze ko ingano y'izo bahawe itabanyuze kuko Urukiko Rukuru rutazibahaye uko bazisabye.

Urukiko rweretswe ubuzima abarokotse ibitero bya FLN banyuzemo ngo rwumve neza akababaro kabo
8 Gas 2022Ubutabera
Urukiko rweretswe ubuzima abarokotse ibitero bya FLN banyuzemo ngo rwumve neza akababaro kabo

Abunganira abaregera indishyi ku bw'ingaruka bagizweho n'ibitero bya FLN, beretse Urukiko amashusho y'uko ababirokotse babayeho ngo rwumve neza akababaro kabo rugashingireho rubarenganura mu bujurire batanze.

Barindwi mu bareganwa na Rusesabagina bavuze ko badakwiye kuryozwa indishyi
8 Gas 2022U Rwanda
Barindwi mu bareganwa na Rusesabagina bavuze ko badakwiye kuryozwa indishyi

Barindwi mu bareganwa na Paul Rusesabagina washinze akanayobora MRCD/FLN ndetse na Nsabimana Callixte alias Sankara wabaye umuvugizi wayo, bavuze ko badakwiye kuryozwa indishyi kuko ibitero byagize ingaruka ku baziregera batababigizemo uruhare.

EU yasabye Uganda kurekura abafunzwe binyuranyije n’amategeko
7 Gas 2022Muri Afurika
EU yasabye Uganda kurekura abafunzwe binyuranyije n'amategeko

Umuryango w'Ubumwe bw'u Burayi (EU) wandikiye Guverinoma ya Uganda uyisaba kurekura vuba na bwangu abafunzwe binyuranyije n'amategeko bose, ikanakurikirana abijanditse mu bikorwa bihonyora uburenganzira bwa muntu bakabiryozwa.

Komeza udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram