Umubyeyi wawe ufite imyaka nka 60, nta kabuza niba yari asirimutse muri iyo myaka ku buryo yasohokanaga n’umukunzi we cyangwa inshuti ze, iyo abonye amashusho y’Abapansiyone bimukumbuza ibyo bihe by’ubuto bwabo.
Ni itsinda rigizwe n’abakiri bato ariko ryihanze ibishya byo kwigana imibereho y’abo mu myaka nka 1980, ariko bari basirimutse.
IGIHE yasuye iri tsinda, hagaragazwa uko igitekerezo cyo kurishinga cyaje, uko abaribarizwamo bahuza, inyungu bakura mu byo bakora n’ibindi.














Loading comments...
Tanga igitekerezo