SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • politiki
  • ubuzima
  • imikino
  • imyidagaduro
  • ikoranabuhanga
  • umuco
  • ubukungu
  • abantu
  • ubukerarugendo
  • ibidukikije
  • amadini

Newsletter

THE MOST IMPORTANT WORLD NEWS AND EVENTS OF THE DAY

Subscribe to our mailing list to receives daily updates direct to your inbox!

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / FAQs / Contact Us 

Idukunda Kayihura Emma Sabine
Latest from Idukunda Kayihura Emma Sabine
Kwibwira ko kuvuga neza Ikinyarwanda no kugikunda atari ubusirimu ni ubujiji- Amb. Masozera
22 Kam 2026U Rwanda
Kwibwira ko kuvuga neza Ikinyarwanda no kugikunda atari ubusirimu ni ubujiji- Amb. Masozera

Umuyobozi Mukuru w’ Inteko y’Umuco, Amb. Robert Masozera, yagaragaje ko ururimi rw’Ikinyarwanda rukwiriye kubungabungwa, akebura abaruvuga nabi ku bushake bibwira ko ari ubusirimu.

G.S Mubuga yahize andi mashuri yo mu Rwanda mu marushanwa y’Ikinyarwanda, umuco n’umurage
21 Kam 2026U Rwanda
G.S Mubuga yahize andi mashuri yo mu Rwanda mu marushanwa y’Ikinyarwanda, umuco n'umurage

E.S Mubuga yo mu Karere ka Karongi mu Ntara y’Uburengerazuba yegukanye umwanya wa mbere mu marushanwa y’Ikinyarwanda, umuco n'umurage ku rwego rw’igihugu.

Amaze imyaka 16 mu buraya, yahuye n’abagabo bicuruza, abona umukiliya w’Umupasiteri- Inkuru ya Keza
21 Kam 2026U Rwanda
Amaze imyaka 16 mu buraya, yahuye n’abagabo bicuruza, abona umukiliya w’Umupasiteri- Inkuru ya Keza

Matimba ya Nyagatare, Sodoma na Gashyekero i Gikondo, Nyamirambo kuri Cosmos, Migina ya Gasabo, Tete y’i Musanze, Tumba ya Huye n’ahandi henshi mu gihugu hazwi nk’ahaba indaya cyane. Muri sosiyete, hari benshi bahatinya kuko batekereza ko hakorerwa ibibi byinshi.

Umuganga wihebeye itangazamakuru: Dr. Sumayire wamenyakanye kuri YouTube (Video)
12 Kam 2026Abantu
Umuganga wihebeye itangazamakuru: Dr. Sumayire wamenyakanye kuri YouTube (Video)

Ntibisanzwe kubona umuganga yihebera itangazamakuru ndetse iyo mirimo yombi akayifatanya ntihagire ubangamira undi kandi ikanamuteza imbere.

NCBA Bank Rwanda yizihije Umunsi Mpuzamahanga w’Ibidukikije
8 Kam 2026Ibidukikije
NCBA Bank Rwanda yizihije Umunsi Mpuzamahanga w’Ibidukikije

NCBA Bank Rwanda yizihije Umunsi Mpuzamahanga wahariwe kurengera ibidukikije, ifatanya n’abanyeshuri ba Excella High School mu bikorwa birimo gutera ibiti muri icyo kigo no kubaha inyigisho ku bijyanye no kubungabunga ibidukikije.

Wari uzi ko ibyago byo gupfa vuba byiyongera ku bagabo bapfakaye?
7 Kam 2026Utuntu n’Utundi
Wari uzi ko ibyago byo gupfa vuba byiyongera ku bagabo bapfakaye?

Wari uzi ko abagabo n’abagore iyo bamaze gupfakara, ibyago byabo byo guhita bapfa vuba byiyongera ariko byagera ku bagabo bikaba bibi kurushaho?

Suède: Abahanzi 35 b’Abanyarwanda bagiye kwitabira iserukiramuco rimenyekanisha Afurika
6 Kam 2026Amahuriro
Suède: Abahanzi 35 b’Abanyarwanda bagiye kwitabira iserukiramuco rimenyekanisha Afurika

Abahanzi 35 b’Abanyarwanda baba muri Suède bamaze kwiyandikisha ngo bazitabire Iserukiramuco ‘GANZA Africa Nordic Festival’ rizabera i Stockholm hagamijwe kumenyekanisha ibikorwa bya Afurika bishingiye ku muco.

Wari uzi ko gutinya koga ari uburwayi?
1 Kam 2026Utuntu n’Utundi
Wari uzi ko gutinya koga ari uburwayi?

Nubwo uri umukobwa mwiza ucaho abasore bagahindukira, cyangwa se ukaba uri umusore w’inzozi z’abakobwa benshi, wasanga aho tuvugiye aha ukubise icyumweru utoga!

Mu Rwanda hashobora gutangira kwifashishwa amashanyarazi mu gutwika imirambo
1 Kam 2026Amakuru
Mu Rwanda hashobora gutangira kwifashishwa amashanyarazi mu gutwika imirambo

Gutwika imirambo biri kwisungwa cyane nk’uburyo bufasha ibihugu kurondereza ubutaka no kubungabunga ibidukikije nubwo bitarakirwa neza mu baturage cyane cyane Abanyafurika.

Kuki umugore uri muri ‘Ovulation’ ashaka imibonano mpuzabitsina cyane?
28 Gic 2026Ubuzima
Kuki umugore uri muri ‘Ovulation’ ashaka imibonano mpuzabitsina cyane?

Nta mukobwa cyangwa umugore wari wakubwira ukuntu hari igihe kigera agashaka imibonano mpuzabutsina cyane, akanyuzamo agatebya akakubwira ko aramutse ari kumwe n’umugabo akunda akanga ko bayikora yanamufata ku ngufu? Cyangwa se akakubwira ukuntu iyo ari muri ibyo bihe ari we usaba umukunzi we ko bakora imibonano mpuzabitsina, mu gihe mu yindi minsi uba usanga abagabo ari bo bakunze kubisaba mbere.

Komeza Udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram