Ku nshuro ya mbere, Meddy agiye gukorera igitaramo hanze ya Amerika
Mu myaka itandatu amaze muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ku nshuro ye ya mbere Meddy agiye gutangira urugendo rw’ibitaramo azakorera mu bihugu bitandukanye nyuma akazasoreza mu Rwanda, ku ikubitiro azabanziriza mu Bubiligi muri Nyakanga 2015.