{Nyuma y’amagambo menshi yagiye agaragara ku mbuga zitandukanye avuga ko bitari bikwiye ko baza mu bahanzi 15 bahatanira Guma Guma ,Itsinda rya ‘Active’ ryasohoye indirimbo nshya bise ‘ Pole’, ndetse ikaba iherekejwe n’ubutumwa bw’icyo bavuga ku kuba bari muri Guma Guma.} Indirimbo Pole ivuga ku muhungu waririmbiraga umukobwa w’incuti ye amutera akanyabugabo kubera uburyo rubanda […]
{Itsinda rya Active rimaze gushyira hanze indirimbo bise 'Bundi Bushya', bavuga ko bayikoze bagamije kwihohora ku bafana babo baba barababajwe no kuba baherutse kuririmba banabyina bakamanura amapantaro, ikintu bamwe bavuze ko baheneye abantu.} Kanda hano wumve indirimbo 'Bundi bushya' Ibi bakaba babitangaje babinyujije mu itangazo ryashyizweho umukono n’abasore batatu Dereck, Tizzo na Olvis, itangazo rikubiyemo […]