Kadhafi, Obiang, Mugabe…abakuru b'ibihugu bayoboye AU bagateza impagarara
{Robert Mugabe, Perezida wa Zimbabwe ufite imyaka 90 ni we uyoboye umuryango w’Ubumwe bwa Afurika, AU. Gutorerwa kuwuyobora kwe byateje benshi guhangayika, nkuko byabaye kuri benshi bamubanjirije. } Ikinyamakuru Jeune Afrique dukesha iyi nkuru kivuga ko nyuma y’igihe gito atorewe kuyobora umuryango w’Ubumwe bwa Afurika bimwe mu bihugu byo mu Burayi na Amerika byatangiye kwijujuta […]