SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • politiki
  • ubuzima
  • imikino
  • imyidagaduro
  • ikoranabuhanga
  • umuco
  • ubukungu
  • abantu
  • ubukerarugendo
  • ibidukikije
  • amadini

Newsletter

THE MOST IMPORTANT WORLD NEWS AND EVENTS OF THE DAY

Subscribe to our mailing list to receives daily updates direct to your inbox!

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / FAQs / Contact Us 

Mukahirwa Diane
Latest from Mukahirwa Diane
Bigenda bite ngo inkumi y’i Kigali yisange mu buriri bw’umuherwe i Dubai?
29 Mat 2025U Rwanda
Bigenda bite ngo inkumi y’i Kigali yisange mu buriri bw’umuherwe i Dubai?

Mu masaha icumi ‘sister’ aba ageze i Doha, amadolari ushaka kumupanga akayamuha! Aya ni amagambo ya Bulldog ari mu ndirimbo yise ‘Puta’ aho aba agaragaza imikorere ya bamwe mu bakobwa bajya gushakira agatubutse mu bihugu byo hanze binyuze mu bagabo.

Yakozweho n’abarenga icumi: Byinshi ku myambaro The Ben yaserukanye mu gitaramo cye
3 Mut 2025Imyidagaduro
Yakozweho n’abarenga icumi: Byinshi ku myambaro The Ben yaserukanye mu gitaramo cye

Umuhanzi Mugisha Benjamin wamamaye mu muziki Nyarwanda nka The Ben, aherutse gutanga ibyishimo bisendereye mu gitaramo cy’amateka yakoreye muri BK Arena.

Yvanny Mpano agiye kwinjiza abakunzi be mu mwaka mushya kuri Chillax Lounge
30 Uku 2024U Rwanda
Yvanny Mpano agiye kwinjiza abakunzi be mu mwaka mushya kuri Chillax Lounge

Yvanny Mpano umaze kwamamara mu muziki Nyarwanda agiye kwinjiza abakunzi be mu mwaka mushya, mu gitaramo kizabera kuri Chillax Lounge isanzwe iri muri Century Park Hotel & Residences i Nyarutarama.

Nicki Minaj yifurije Davido urugo rwiza; Don Jazzy yavuze impamvu atarongera gushaka: Avugwa mu myidagaduro
28 Kam 2024U Rwanda
Nicki Minaj yifurije Davido urugo rwiza; Don Jazzy yavuze impamvu atarongera gushaka: Avugwa mu myidagaduro

Nk’uko bisanzwe IGIHE ibategurira amakuru aba yiriwe acaracara hirya no hino avugwa mu myidagaduro, haba muri Afurika ndetse n’ahandi hose ku isi.

Imyaka icumi mu mwuga n’uko yavuye mu Bubiligi: Ikiganiro na Ivan Mugemanyi wigaruriye isoko rya  ‘makeup’ (Video)
23 Mat 2024Fashion
Imyaka icumi mu mwuga n'uko yavuye mu Bubiligi: Ikiganiro na Ivan Mugemanyi wigaruriye isoko rya ‘makeup’ (Video)

Mu nama zikomeye, ibirori by’imideli byo ku rwego rwo hejuru, ibitaramo, ubukwe bw’abasilimu n’ibindi birori by’abakomeye bibera i Kigali, ni gake waburamo ukuboko kwa Ivan Mugemanyi iyo bigeze ku ngingo ya ‘makeup’.

TikTok yamubereye isoko y’agatubutse- Byinshi kuri Kimenyi Tito
21 Mat 2024KURA
TikTok yamubereye isoko y’agatubutse- Byinshi kuri Kimenyi Tito
Apôtre Dr Gitwaza yahumurije abarokotse Jenoside, abasaba gukomera
7 Mat 2024Imyemerere
Apôtre Dr Gitwaza yahumurije abarokotse Jenoside, abasaba gukomera

Umushumba Mukuru w’Itorero Zion Temple Celebration Center ku Isi, Apôtre Dr Paul Gitwaza, yatanze ubutumwa buhumuriza abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.

Sherrie Silver Foundation yashyize hanze indirimbo yo kwibuka
7 Mat 2024Imyidagaduro
Sherrie Silver Foundation yashyize hanze indirimbo yo kwibuka

Umubyinnyi mpuzamahanga Sherrie Silver afatanyije n’abana bari mu muryango yashinze wa Sherrie Silver Foundation, bashyize hanze indirimbo ihumuriza Abanyarwanda muri ibi bihe byo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.

Iby’imideli mishya irimo ikorerwa i Mageragere, ibyo kwiyambika ubusa…: Ikiganiro na Moses wa Moshions
6 Mat 2024Imideli
Iby’imideli mishya irimo ikorerwa i Mageragere, ibyo kwiyambika ubusa…: Ikiganiro na Moses wa Moshions

Mu minsi ishize inzu y’imideli Nyarwanda ya Moshions yashyize hanze imyambaro yise ‘Infaransa’, ikaba ari yo ya mbere Turahirwa Moses washinze iyi nzu akoze nyuma yo kuva muri gereza ya Mageragere aho yafungiwe kuva muri Mata kugeza muri Kamena 2023.

Ghana: Umupfumu w’imyaka 63 washatse umwana w’imyaka 12 akomeje kurikoroza
3 Mat 2024Muri Afurika
Ghana: Umupfumu w’imyaka 63 washatse umwana w'imyaka 12 akomeje kurikoroza

Muri Ghana umuriro ukomeje kwaka kubera inkuru y’umupfumu ufite imyaka 63 washyingiranywe n’umwana w’umukobwa w’imyaka 12, benshi bakaba bari kugaragaza ko bidakwiye abandi bakavuga ko mu muco wabo nta kibazo biteje.

Komeza Udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram