SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

THE MOST IMPORTANT WORLD NEWS AND EVENTS OF THE DAY

Subscribe to our mailing list to receives daily updates direct to your inbox!

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / FAQs / Contact Us 

Mukaneza M. Ange
Izanditswe na Mukaneza M. Ange
Ibyatuma uryoherwa na St Valentin kandi nta mukunzi ugira
14 Gas 2020Utuntu n’Utundi
Ibyatuma uryoherwa na St Valentin kandi nta mukunzi ugira

Mu gihe Gashyantare ari ukwezi abakundana hirya no hino ku isi bongera kuzirikana no kwizihiza urukundo rwabo, ku batagira abakunzi biba bigoye kuko bongera guhura na byinshi bibibutsa ko bari bonyine kabone nubwo yaba ari yo mahitamo yabo.

Miss Nimwiza yasogongeje Abanyarwanda inyungu ihishe mu gukoresha amakarita ya MasterCard atangwa na Cogebanque
28 Wer 2019Ubukungu
Miss Nimwiza yasogongeje Abanyarwanda inyungu ihishe mu gukoresha amakarita ya MasterCard atangwa na Cogebanque

Nyampinga w’u Rwanda w’umwaka wa 2019 Nimwiza Meghan yasuye ibice bitandukanye bikorerwamo ubucuruzi, aho yahuye n’abantu b’ingeri zose bakaganira ndetse akabasogongeza ku nyungu ihishe mu kwishyura bakoresheje amakarita ya MasterCard atangwa na Cogebanque.

Abanyarwanda bifuza kwiga muri USA na Canada bakuriweho ikiguzi cyo kwiyandikisha
22 Wer 2019Ubukungu
Abanyarwanda bifuza kwiga muri USA na Canada bakuriweho ikiguzi cyo kwiyandikisha

Ikigo ‘United Scholars Center’ gifasha Abanyarwanda n’abandi Banyafurika kujya kwiga mu mahanga, cyatanze amahirwe adasanzwe ku bifuza kujya kwiga muri Leta zunze Ubumwe za Amerika (USA) na Canada, kibakuriraho amafaranga yo kwiyandikisha.

Umusogongero kuri ‘Picasso Night’, ibirori Kigali Marriott itegurira abifuza kuruhuka binyuze mu buhanzi
22 Wer 2019MARRIOTT
Umusogongero kuri ‘Picasso Night’, ibirori Kigali Marriott itegurira abifuza kuruhuka binyuze mu buhanzi

‘Picasso Night’ ni uburyo bwihariye Kigali Marriott yateguriye abifuza kuruhuka no gutuza kandi bakishimisha mu guhanga igishushanyo cy’ubugeni bashobora gutahana iwabo.

Ubukerarugendo mu isura nshya i Kigali kubera imodoka zoroshya kuyizenguruka (Amafoto)
21 Wer 2019Ubukerarugendo
Ubukerarugendo mu isura nshya i Kigali kubera imodoka zoroshya kuyizenguruka (Amafoto)

Umujyi wa Kigali umaze imyaka isaga 110 ubayeho, utatswe n’ibyiza nyaburanga byinshi birimo ibigaragaza amateka ya kera n’iterambere rigaragarira mu bikorwaremezo n’imiturirwa izamurwa uko bwije n’uko bukeye.

U Rwanda rwihanganishije ibihugu birimo Mozambique na Zimbabwe byahuye n’ibiza bimaze guhitana abasaga 300
20 Wer 2019U Rwanda
U Rwanda rwihanganishije ibihugu birimo Mozambique na Zimbabwe byahuye n’ibiza bimaze guhitana abasaga 300

Guverinoma y’u Rwanda yihanganishije Mozambique, Zimbabwe na Malawi byibasiwe n’imvura ivanze n’inkubi y’umuyaga bimaze guhitana abasaga 300 no kwangiza ibikorwaremezo byinshi.

Apple yashyize ku isoko iPad Air na iPad mini bucece
19 Wer 2019Ibindi bikoresho
Apple yashyize ku isoko iPad Air na iPad mini bucece

Mu gihe byari bimenyerewe ko iyo hagiye gushyirwa hanze igikoresho gishya Apple ibanza kubimenyekanisha ku Isi yose, kuri iyi nshuro yashyize ku isoko iPad Air na iPad Mini bucece.

Iperereza ryakomoje ku isano hagati y’icyateje impanuka y’indege ya Ethiopian Airlines n’iya Lion Air
18 Wer 2019Muri Afurika
Iperereza ryakomoje ku isano hagati y’icyateje impanuka y’indege ya Ethiopian Airlines n’iya Lion Air

Amakuru y’ibanze yakuwe mu dusanduku tw’umukara tw’indege Boeing 737 Max 8 ya Ethiopian Airlines iherutse gukora impanuka igahitana abantu 157 bari bayirimo, yagaragaje ko hari isano hagati y’icyateje iyi mpanuka n’iya Lion Air yabaye mu 2018.

Milena, izina ry’umukobwa udaterwa ubwoba no kwikorera imitwaro y’abandi
18 Wer 2019Amazina
Milena, izina ry’umukobwa udaterwa ubwoba no kwikorera imitwaro y’abandi

Milena, ni izina rihabwa abana b’abakobwa, rikunzwe mu bihugu by’aba-communistes, risobanura umuntu ‘ugira ubuntu’.

Perezida Kagame mu bishimiye igihembo mpuzamahanga cyahawe urubuga Irembo
16 Wer 2019U Rwanda
Perezida Kagame mu bishimiye igihembo mpuzamahanga cyahawe urubuga Irembo

Perezida Paul Kagame ni umwe mu bayobozi bakuru b’igihugu bishimiye igihembo mpuzamahanga cy’umwe mu mishinga mishya ihiga indi mu ikoranabuhanga cyahawe Urubuga Irembo rutangirwaho serivisi zitandukanye za leta.

Komeza udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram