SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • politiki
  • ubuzima
  • imikino
  • imyidagaduro
  • ikoranabuhanga
  • umuco
  • ubukungu
  • abantu
  • ubukerarugendo
  • ibidukikije
  • amadini

Newsletter

THE MOST IMPORTANT WORLD NEWS AND EVENTS OF THE DAY

Subscribe to our mailing list to receives daily updates direct to your inbox!

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / FAQs / Contact Us 

Mukundwa Angelique
Latest from Mukundwa Angelique
Ahari abana batandatu, ubu hari abarenga 800: Imyaka 10 ya Rwanda Children
23 Kam 2026Football
Ahari abana batandatu, ubu hari abarenga 800: Imyaka 10 ya Rwanda Children

Ishuri ryitwa Rwanda Children ribarizwa mu muryango Gasore Serge Foundation, ryizihije isabukuru y’imyaka 10 rimaze rishinzwe, aho muri icyo gihe ryavuye ku bana batandatu barirererwamo, bagera kuri 841.

Our Past Initiative na Choplife bishyuriye abarokotse Jenoside 1000 Mituweli
19 Kam 2026U Rwanda
Our Past Initiative na Choplife bishyuriye abarokotse Jenoside 1000 Mituweli

Abakozi b’Umuryango ‘Our Past Initiative’ batewe inkunga n’abakora muri Sosiyete y’Imikino y’Amahirwe ‘Choplife’ batanze inkunga ya miliyoni 5 Frw yo kugurira abantu 1000 barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ubwisungane mu kwivuza.

Nyaruguru: Abagabo bata ingo zabo bakajya gushaka abagore bakize
19 Kam 2026Utuntu n’Utundi
Nyaruguru: Abagabo bata ingo zabo bakajya gushaka abagore bakize

Bamwe mu bagore bo mu Karere ka Nyaruguru batangaje ko abagabo babo bata ingo bakajya gushaka abagore bishoboye bitewe n’amakimbirane mu miryango ashingiye ku bukene.

BK Capital mu rugamba rwo kongera umubare w’abashoramari b’abagore
18 Kam 2026Football
BK Capital mu rugamba rwo kongera umubare w’abashoramari b’abagore

BK Capital Ltd ku bufatanye na Banki Nyafurika y’Ubucuruzi n’Iterambere, TDB Group, binyuze muri gahunda ya ‘She Invest’ yashishikarije abagore gutinyuka bagashora imari mu nzego zitandukanye mu kurushaho kwiteza imbere.

Uganda yasabye ko ingamba yari yashyiriweho mu bwikorezi kubera Ebola zakurwaho
13 Kam 2026Muri Afurika
Uganda yasabye ko ingamba yari yashyiriweho mu bwikorezi kubera Ebola zakurwaho

Minisiteri y’Ubuzima muri Uganda, Sosiyete z’ubwikorezi bw’indege, n’Abadipolomate, basabye ko ingamba zari zafatiwe iki gihugu kubera Ebola zakurwaho, bagaraza ko ibyo bidakwiye kuko Uganda imaze kunoza uburyo bwo kurwanya iki cyorezo, kandi umubare w’abandura ugenda ugabanyuka.

Kwibuka32: Abakozi ba Ameki Color basabwe gusigasira amateka no guhangana n’ababiba urwango
13 Kam 2026U Rwanda
Kwibuka32: Abakozi ba Ameki Color basabwe gusigasira amateka no guhangana n’ababiba urwango

Abakozi b’uruganda rukora amarangi rwa Ameki Color, basabwe gukomeza gusigasira amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 no guhangana n’abakwirakwiza ingengabitekerezo yayo.

Abarenga 300 bamaze kubona akazi binyuze mu guhuza abakeneye akazi n’abagatanga
12 Kam 2026U Rwanda
Abarenga 300 bamaze kubona akazi binyuze mu guhuza abakeneye akazi n’abagatanga

Umuyobozi wa Kaminuza ya East Africa University, Prof Calixte Kabera, yatangaje ko kuva batangiye ibikorwa byo guhuza abanyeshuri n’abakoresha batanga akazi ndetse n’imenyerezamwuga, ibizwi nka ‘Career Fair and Jobnet’, kugeza ubu abamaze kubona akazi barenga 300.

Amajyepfo: Abagore bahawe miliyari 3 Frw yo kwiteza imbere
12 Kam 2026U Rwanda
Amajyepfo: Abagore bahawe miliyari 3 Frw yo kwiteza imbere

Umuryango BRAC watangaje ko mu 2023-2026, watanze agera kuri miliyari 2,9 Frw yo gufasha abagore bo mu Majyepfo mu Turere twa Nyanza na Huye mu rwego rwo kubateza imbere no kurushaho kubahindurira imyumvire bijyana no gukemura amakimbirane mu miryango.

Abakozi ba Serena Hotel basuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kiziguro baremera abayirokotse n’abagize uruhare mu kuyihagarika
6 Kam 2026U Rwanda
Abakozi ba Serena Hotel basuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kiziguro baremera abayirokotse n’abagize uruhare mu kuyihagarika

Abayobozi n’abakozi ba Serena Hotel basuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kiziguro mu Karere ka Gatsibo, baremera abarokotse Jenoside na bamwe mu bagize uruhare mu kuyihagarika, ndetse biyemeza gukomeza gusobanurira amateka abashyitsi bakira.

Akari ku mitima y’abatuye i Bumbogo bari kubakirwa umuhanda bemerewe na Perezida Kagame
4 Kam 2026Imyidagaduro
Akari ku mitima y’abatuye i Bumbogo bari kubakirwa umuhanda bemerewe na Perezida Kagame

Hashize imyaka ibiri Perezida Kagame yemereye umuhanda wa kaburimbo abaturage bo mu Murenge wa Bumbogo. Yawubemereye ubwo yari ari mu bikorwa byo kwiyamamaza, ndetse ubu uri kubakwa.

Komeza Udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram