Ahari abana batandatu, ubu hari abarenga 800: Imyaka 10 ya Rwanda Children
Ishuri ryitwa Rwanda Children ribarizwa mu muryango Gasore Serge Foundation, ryizihije isabukuru y’imyaka 10 rimaze rishinzwe, aho muri icyo gihe ryavuye ku bana batandatu barirererwamo, bagera kuri 841.