SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • politiki
  • ubuzima
  • imikino
  • imyidagaduro
  • ikoranabuhanga
  • umuco
  • ubukungu
  • abantu
  • ubukerarugendo
  • ibidukikije
  • amadini

Newsletter

THE MOST IMPORTANT WORLD NEWS AND EVENTS OF THE DAY

Subscribe to our mailing list to receives daily updates direct to your inbox!

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / FAQs / Contact Us 

Nsengiyumva Emmy
Latest from Nsengiyumva Emmy
Zabyaye amahari hagati y’uwashinze Kigali Fashion Week n’abo yahaye kuyitegura
23 Kam 2026Imyidagaduro
Zabyaye amahari hagati y’uwashinze Kigali Fashion Week n’abo yahaye kuyitegura

John Bunyeshuri washinze Kigali Fashion Week yatangaje ko yamaze gusesa amasezerano yari afitanye na LG Events, sosiyete yo muri Uganda yari yarahawe uburenganzira bwo gutegura ibi birori byo kumurika imideli.

Shakib aravugwa mu rukundo n’umuhanzi ukomoka mu Rwanda
23 Kam 2026Imyidagaduro
Shakib aravugwa mu rukundo n’umuhanzi ukomoka mu Rwanda

Mu minsi ishize ni bwo umunyamideli Zari Hassan, wamamaye nka The Boss Lady, yatangaje ko yatandukanye n’umugabo we Shakib Cham Lutaaya nyuma y’imyaka itanu bari bamaranye.

Filime nyarwanda ihataniye igihembo muri ‘Seoul International Drama Awards’
23 Kam 2026Imyidagaduro
Filime nyarwanda ihataniye igihembo muri ‘Seoul International Drama Awards’

Filime ‘Hurts Harder’ iri mu zikunzwe cyane muri sinema nyarwanda yashyizwe mu zihataniye ibihembo bya ‘Seoul International Drama Awards 2026’.

RIB yakiriye ikirego cya Shaddy Boo wavuye gutanga ikizamini nyuma yo “gusambanywa”
22 Kam 2026Imyidagaduro
RIB yakiriye ikirego cya Shaddy Boo wavuye gutanga ikizamini nyuma yo “gusambanywa”

Nyuma y’uko Shaddy Boo atabaje Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), arusaba gukurikirana umusore witwa Iradukunda Aimable, benshi bazi nka Yugi Umukaraza, amushinja kumusambanya ku gahato, uru rwego rwemeje ko rwakiriye iki kirego.

DJ Phil Peter yatumiye Gradine Toto mu gitaramo agiye gukorera i Rubavu
22 Kam 2026Imyidagaduro
DJ Phil Peter yatumiye Gradine Toto mu gitaramo agiye gukorera i Rubavu

DJ Phil Peter ufite izina mu kuvanga imiziki no kuyobora ibitaramo n’ibirori bitandukanye, yateguje igitaramo ‘Ivy Filipiano Fest’ ateganya gukorera i Rubavu ku wa 5 Nyakanga 2026.

Nyagatare: Queen Ringo yaguye amarabira muri ‘Summer Country Tour’, Imana ikinga ukuboko
22 Kam 2026Imyidagaduro
Nyagatare: Queen Ringo yaguye amarabira muri ‘Summer Country Tour’, Imana ikinga ukuboko

Ubwo igitaramo cya ‘Summer Country Tour’ cyaberaga i Nyagatare cyasaga n’ikimaze guhumuza, abahanzi bari kugana mu modoka, Queen Ringo umwe mu nkumi zizwi muri sinema y’u Rwanda yafatiwe n’uburwayi bw’amayobera muri stade.

Yambarire urugamba- The Ben yaburiye Bruce Melodie mu bitaramo basigaje (Video)
22 Kam 2026Imyidagaduro
Yambarire urugamba- The Ben yaburiye Bruce Melodie mu bitaramo basigaje (Video)

The Ben uhamya ko yarushije Bruce Melodie kwitwara neza ku rubyiniro i Nyagatare, yasabye uyu muhanzi kwitegura kurushaho mu bitaramo basigaje, kuko bizamusaba imbaraga kugira ngo yitware neza.

Shaddyboo yashinje Yugi Umukaraza kumusambanya ku gahato
22 Kam 2026Imyidagaduro
Shaddyboo yashinje Yugi Umukaraza kumusambanya ku gahato

Shaddyboo yatabaje Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), arusaba gukurikirana umusore witwa Iradukunda Aimable wamamaye nka Yugi Umukaraza ashinja kumusambanya ku gahato.

Intambara y’amagambo ya The Ben na Bruce Melodie yongeye kubura
21 Kam 2026Imyidagaduro
Intambara y’amagambo ya The Ben na Bruce Melodie yongeye kubura

Nyuma y’amasaha make besuraniye ku rubyiniro i Nyagatare, The Ben na Bruce Melodie, intambara yabo bayimuriye ku mbuga nkoranyambaga aho bari guteranira amagambo.

Ibyo Ariel Wayz yiteze ku masezerano aherutse gusinya muri ‘Universal Music Group’ (Video)
21 Kam 2026Imyidagaduro
Ibyo Ariel Wayz yiteze ku masezerano aherutse gusinya muri ‘Universal Music Group’ (Video)

Ariel Wayz yavuze ko amasezerano aherutse gusinyana n’inzu ifasha abahanzi ya ‘Universal Music Group’, ayitezeho kumufasha kwagura ibikorwa bye ku rwego mpuzamahanga.

Komeza Udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram