SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

THE MOST IMPORTANT WORLD NEWS AND EVENTS OF THE DAY

Subscribe to our mailing list to receives daily updates direct to your inbox!

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / FAQs / Contact Us 

Nshimiyimana Jean Baptiste
Izanditswe na Nshimiyimana Jean Baptiste
Abanyarwanda bitege igabanyuka ry’ibiciro kubera amasezerano ya Amerika na Iran?
19 Kam 2026U Rwanda
Abanyarwanda bitege igabanyuka ry’ibiciro kubera amasezerano ya Amerika na Iran?

Amasezerano y’ibanze ku guhagarika intambara hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran yashyizweho umukono ku wa 17 Kamena, arimo ingingo yo gufungura inzira ya Hormuz yahungabanyije ubukungu bw’Isi, kubera ubwato amagana butwara ibicuruzwa birimo n’ibikomoka kuri peteroli bwabuze inzira.

U Rwanda rwavuze ku bushotoranyi bwa Tshisekedi watutse Abanyarwanda, akigamba intambara
18 Kam 2026U Rwanda
U Rwanda rwavuze ku bushotoranyi bwa Tshisekedi watutse Abanyarwanda, akigamba intambara

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje Abanyafurika baraye mu byishimo by’uburyo Ikipe y’Igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yanganyije na Portugal 1-1 ariko Perezida Tshisekedi agahitamo guherekeresha ibi byishimo ibitutsi no kuvuga ko yiteguye kujya kurasa mu Burasirazuba bw’igihugu cye.

Umusaruro mbumbe w’u Rwanda wageze kuri miliyari 6.346 Frw mu gihembwe cya mbere cya 2026
16 Kam 2026U Rwanda
Umusaruro mbumbe w’u Rwanda wageze kuri miliyari 6.346 Frw mu gihembwe cya mbere cya 2026

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare cyatangaje ko umusaruro mbumbe w’u Rwanda mu gihembwe cya mbere cya 2026 wageze kuri miliyari 6.346 Frw, uvuye kuri miliyari 5.276 Frw mu gihembwe cya mbere cya 2025, bingana n’izamuka rya 10%.

U Rwanda rwavuze ku midugudu y’icyitegererezo rwabaye ruhagaritse kubaka
16 Kam 2026U Rwanda
U Rwanda rwavuze ku midugudu y’icyitegererezo rwabaye ruhagaritse kubaka

Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi Yusuf Murangwa, yatangaje ko umushinga w’imidugudu y’icyitegererezo wari umaze iminsi ushyirwa mu bikorwa n’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Guteza Imbere Imiturire wabaye uhagaritswe kugira ngo uvugururwe kuko hari igihe hubakwaga inzu ariko bikagaragara ko atari zo abaturage bari bakeneye.

Ibikorwa by’ingenzi bizibandwaho mu ngengo y’imari ya 2026/27
13 Kam 2026U Rwanda
Ibikorwa by’ingenzi bizibandwaho mu ngengo y’imari ya 2026/27

Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Yusuf Murangwa, yagejeje ku mitwe yombi y'Inteko Ishinga Amategeko umushinga w’ingengo y’imari y’u Rwanda ya 2026/2027 izaba ingana na 7796,3 Frw, arimo arenga 62,9% yagenewe iterambere ry’ubukungu.

Amasaha y’utubari n’utubyiniro yongerewe kubera Imikino y’Igikombe cy’Isi
12 Kam 2026U Rwanda
Amasaha y’utubari n’utubyiniro yongerewe kubera Imikino y'Igikombe cy’Isi

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere RDB, rwatangaje ko amaduka, ibigo bikorerwamo ubucuruzi bunyuranye birimo restaurant utubari n'utubyiniro bizemererwa gukora kugeza saa Cyenda za mu gitondo kuva ku wa Mbere kugeza ku wa Kane, mu gihe kuva ku wa Gatanu kugeza ku Cyumweru no mu minsi y’ibiruhuko rusange bizajya bigeza saa Kumi za mugitondo.

Ingengo y’imari ya 2026/27 yemejwe
11 Kam 2026U Rwanda
Ingengo y’imari ya 2026/27 yemejwe

Ingengo y’Imari ya Leta y’umwaka wa 2026/2027 yageze kuri miliyari 7.796,3 Frw, bingana n’izamuka rya 12% ugereranyije n’iy’umwaka uheruka yari 6.952,1 Frw mu ngengo y’imari ivuguruye y’umwaka wa 2025/2026.

Abanyarwanda 26.000 biga mu mashuri abanza barengeje imyaka 18
9 Kam 2026U Rwanda
Abanyarwanda 26.000 biga mu mashuri abanza barengeje imyaka 18

Ingingo yerekeye amashuri abana b’u Rwanda bigamo ni imwe mu zisa n’izakemutse kuko muri buri kagari usangamo ibigo by’amashuri abanza nibura bibiri, buri mudugudu bakagira irerero, ibituma abana bose batangirira kwiga ku gihe nubwo hatabura abayacikirije mu bihe byashize bashobora kujya kwiga ari bakuru.

Nitwongera umusaruro n’ibyo kongera umushahara bizikora – Dr Nsengiyumva ku mushahara fatizo
7 Kam 2026U Rwanda
Nitwongera umusaruro n’ibyo kongera umushahara bizikora – Dr Nsengiyumva ku mushahara fatizo

Minisitiri w’Intebe, Dr Nsengiyumva Justin, yatangaje ko abantu badakwiye gukomeza gutekereza ishyirwaho ry’umushahara fatizo, ahubwo ko hakwiye gushyirwa ingufu mu kongera umusaruro kuko umukoresha wabonye umusaruro mwinshi na we nta kabuza yongera umushahara w’abawumugejejeho.

Abatega bisi biyongereyeho 15%, Leta igiye kongera izindi 100 z’amashanyarazi mu muhanda
6 Kam 2026U Rwanda
Abatega bisi biyongereyeho 15%, Leta igiye kongera izindi 100 z’amashanyarazi mu muhanda

Minisitiri w’Intebe, Dr Justin Nsengiyumva, yatangaje ko umubare w’abantu bakoresha bisi zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange wiyongereyeho 15%, nyuma y’ingamba Leta yafashe zigamije koroshya ingendo no kugabanya ingaruka z’izamuka ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli.

Komeza udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram