U Rwanda rwavuze ku bushotoranyi bwa Tshisekedi watutse Abanyarwanda, akigamba intambara
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje Abanyafurika baraye mu byishimo by’uburyo Ikipe y’Igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yanganyije na Portugal 1-1 ariko Perezida Tshisekedi agahitamo guherekeresha ibi byishimo ibitutsi no kuvuga ko yiteguye kujya kurasa mu Burasirazuba bw’igihugu cye.