SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • politiki
  • ubuzima
  • imikino
  • imyidagaduro
  • ikoranabuhanga
  • umuco
  • ubukungu
  • abantu
  • ubukerarugendo
  • ibidukikije
  • amadini

Newsletter

THE MOST IMPORTANT WORLD NEWS AND EVENTS OF THE DAY

Subscribe to our mailing list to receives daily updates direct to your inbox!

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / FAQs / Contact Us 

Ntabareshya Jean de Dieu
Latest from Ntabareshya Jean de Dieu
Camarade ushinjwa gusahura Ferwafa, yasubiye mu rukiko
22 Kam 2026Ubutabera
Camarade ushinjwa gusahura Ferwafa, yasubiye mu rukiko

Urukiko Rukuru rwa Kigali rwasubitse iburanisha ry’urubanza rwa Kalisa Adolphe ‘Camarade’ wabaye Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), wareze asaba gufungurwa by’agateganyo mu gihe agitegereje urubanza mu mizi.

Impanuro za Perezida Kagame zizatubera urumuri mu myaka amagana iri imbere- Mussa Fazil
21 Kam 2026Politiki
Impanuro za Perezida Kagame zizatubera urumuri mu myaka amagana iri imbere- Mussa Fazil

Perezida w’Ishyaka Ntangarugero muri Demokarasi, PDI, Mussa Fazil Harerimana, yabwiye abayoboke baryo ko impanuro n’ubuyobozi bwiza bwa Perezida Paul Kagame bigomba kuba urumuri ku Banyarwanda muri iki gihe, n’imyaka iri imbere, uko ubuyobozi buzagenda busimburana.

Nigeria: Hatangijwe iperereza ku rupfu rw’Umunyarwanda waguye muri gereza
21 Kam 2026Amakuru
Nigeria: Hatangijwe iperereza ku rupfu rw’Umunyarwanda waguye muri gereza

Urupfu rwa Benjamin Relasss, Umunyarwanda waguye muri gereza ya Kuje muri Nigeria, rwateje impagarara ndetse Urwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora muri iki gihugu rwahise rutangiza iperereza.

U Rwanda na RDC byaganiriye ku gucyura impunzi
21 Kam 2026Amakuru
U Rwanda na RDC byaganiriye ku gucyura impunzi

U Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, byaganiriye ku gucyura impunzi ziri muri ibyo bihugu zifuza gutaha. Ni ibiganiro byabereye i Addis Ababa muri Ethiopie aho itsinda ry’abahagarariye u Rwanda riyobowe n’Umunyamabanga wa Uhoraho muri Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi, Ngoga Aristarque. Uretse u Rwanda na RDC, muri ibyo biganiro Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Mpunzi […]

Abapolisi bakuru bo mu bihugu 10 basoje amasomo mu Ishuri Rikuru rya Polisi y’u Rwanda
19 Kam 2026Amakuru
Abapolisi bakuru bo mu bihugu 10 basoje amasomo mu Ishuri Rikuru rya Polisi y’u Rwanda

Abapolisi bakuru 38 bo mu bihugu 10 birimo n’u Rwanda basoje amasomo mu Ishuri Rikuru rya Polisi y’u Rwanda, NPC, riherereye i Musanze.

Iyo umudepite yeguye mu Rwanda hakurikiraho iki?
19 Kam 2026Amakuru
Iyo umudepite yeguye mu Rwanda hakurikiraho iki?

Inteko Ishinga Amategeko iherutse gutangaza ko Icyitegetse Venuste wari Umudepite yandikiye Perezida w’Umutwe w’Abadepite amumenyesha ubwegure bwe ku mpamvu ze bwite.

Sena yemeje ba Ambasaderi bashya, ibasaba gukomeza kwagura umubano n’imikoranire y’ibihugu
19 Kam 2026U Rwanda
Sena yemeje ba Ambasaderi bashya, ibasaba gukomeza kwagura umubano n’imikoranire y’ibihugu

Inteko Rusange ya Sena y’u Rwanda yemeje Lt Gen (Rtd) Karenzi Karake Emmanuel, Maj Gen Emmanuel Bayingana, Col (Rtd) Ruhunga Jeannot na Amb Nkulikiyinka Christine basabirwaga kuba abambasaderi b’u Rwanda mu bihugu bitandukanye.

Ingabire Victoire ashobora gufungwa burundu (Video)
18 Kam 2026Ubutabera
Ingabire Victoire ashobora gufungwa burundu (Video)

Bijyanye n’uburemere bw’ibyaha akurikiranyweho, Ingabire Victoire ashobora guhanishwa igihano cy’igifungo cya burundu mu gihe byaba bimuhamye.

Ingendo z’indege i Moscow zagararitswe kubera ibitero bya Ukraine
18 Kam 2026Amakuru
Ingendo z’indege i Moscow zagararitswe kubera ibitero bya Ukraine

Minisiteri y’Ubwikorezi mu Burusiya yatangaje ko ingendo z’indege ku bibuga biri i Moscow zahagaritswe, kubera ibitero bya drones Ukraine yagabye muri uwo mujyi.

RDC ntabwo yavuga ko ishaka amahoro kandi ifasha imitwe yitwaje intwaro- Amb Urujeni
18 Kam 2026Amakuru
RDC ntabwo yavuga ko ishaka amahoro kandi ifasha imitwe yitwaje intwaro- Amb Urujeni

Ambasaderi w’u Rwanda muri Loni no mu yindi miryango mpuzamahanga iherereye i Genève mu Busuwisi, Urujeni Bakuramutsa, yagaragaje ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, idakwiye kuvuga ko ishaka amahoro mu gihe itera inkunga, ikanakorana n’imitwe yitwaje intwaro irimo n’uwiterabwoba wa FDLR.

Komeza Udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram