SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

THE MOST IMPORTANT WORLD NEWS AND EVENTS OF THE DAY

Subscribe to our mailing list to receives daily updates direct to your inbox!

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / FAQs / Contact Us 

Rabbi Malo Umucunguzi
Izanditswe na Rabbi Malo Umucunguzi
Equity Group yegukanye Cogebanque Plc
28 Nya 2023Ubukungu
Equity Group yegukanye Cogebanque Plc

Equity Group yegukanye Cogebanque Plc nyuma yo gushyira umukono ku masezerano yo kugura imigabane ingana na 91.93% yari ifitwe n'abanyamigabane barimo Guverinoma y'u Rwanda, Urwego rw'Ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB) na Sanlam.

Urubanza rwa Rtd Maj Mudathiru na bagenzi be rwasubiye ibubisi
28 Nya 2023Ubutabera
Urubanza rwa Rtd Maj Mudathiru na bagenzi be rwasubiye ibubisi

Urukiko rw'Ubujurire rwategetse ko urubanza rwa Rtd Major Mudathiru Habib alias Musa na bagenzi be rwongera gupfundurwa, kubera ibimenyetso bishya byatanzwe n'Ubushinjayaha. Ni mu gihe rwagombaga gusomwa kuri uyu wa Gatanu.

Bisi za mbere zikoresha amashanyarazi zizagera i Kigali mu mezi atatu
27 Nya 2023U Rwanda
Bisi za mbere zikoresha amashanyarazi zizagera i Kigali mu mezi atatu

Ikigo BasiGo kimenyerewe mu gutwara abantu hakoreshejwe bisi zikoresha amashanyarazi cyinjiye ku isoko ry’u Rwanda, aho imodoka zacyo za mbere zizakoreshwa mu gutwara abagenzi mu buryo bwa rusange mu Mujyi wa Kigali, guhera mu Ukwakira 2023.

U Rwanda rwanenze icyemezo cy’u Bubiligi bwanze Ambasaderi Karega
26 Nya 2023U Rwanda
U Rwanda rwanenze icyemezo cy'u Bubiligi bwanze Ambasaderi Karega

Umubano w’u Rwanda n’u Bubiligi ukomeje kuzamo agatotsi, nyuma y’uko iki gihugu cyanze kwemeza Vincent Karega nka Ambasaderi w’u Rwanda, ngo asimbure Dr Sebashongore Dieudonné.

Mushikiwabo yasubitse kwitabira imikino ya Francophonie i Kinshasa
25 Nya 2023U Rwanda
Mushikiwabo yasubitse kwitabira imikino ya Francophonie i Kinshasa

Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa, OIF, wemeje ko Umunyamabanga Mukuru wawo, Louise Mushikiwabo, atazitabira imikino ya Francophonie, izatangira ku wa Gatanu i Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.

U Rwanda rwinjije miliyari zirenga 400 Frw mu mabuye y’agaciro mu mezi atatu
25 Nya 2023Ubucuruzi
U Rwanda rwinjije miliyari zirenga 400 Frw mu mabuye y’agaciro mu mezi atatu

Imibare y’Ikigo gishinzwe mine, peteroli na gaz (RMB) yerekanye ko mu mezi atatu ashize u Rwanda rwohereje mu mahanga toni zirenga 6600 z’amabuye y’agaciro, zinjije miliyoni $362.3, ni ukuvuga asaga miliyari 420 Frw.

Gen Kabarebe yasobanuye impamvu RDF yafunze abasirikare bitabiriye kwimika ‘Umutware w’Abakono’
24 Nya 2023U Rwanda
Gen Kabarebe yasobanuye impamvu RDF yafunze abasirikare bitabiriye kwimika ‘Umutware w’Abakono’

Umujyanama Mukuru wa Perezida wa Repubulika mu bya gisirikare n’umutekano, Gen James Kabarebe, yavuze ko Ingabo z’u Rwanda zitajya zihanganira imico mibi, ari nayo mpamvu abayobozi bitabiriye igikorwa cyiswe ibyo ‘Kwimika umutware w’Abakono’ bafunzwe.

RRA yarengeje intego yahawe yo gukusanya umusoro ku 103%
21 Nya 2023U Rwanda
RRA yarengeje intego yahawe yo gukusanya umusoro ku 103%

Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyatangaje ko mu mwaka ushize w'Ingengo y'imari cyakusanyije umusoro ungana na miliyari 2332,3 Frw, kikaba cyarageze ku ntego ku kigero cya 103.3% kuko cyari cyasabwe gukusanya miliyari 2250,8 Frw.

Ni umubyeyi, umugore n’umuyobozi: Ibyihariye ku buzima bwa Betty Sayinzoga uyobora Sanlam
18 Nya 2023Interviews
Ni umubyeyi, umugore n’umuyobozi: Ibyihariye ku buzima bwa Betty Sayinzoga uyobora Sanlam

Muri Nyakanga 2021 ni bwo Sanlam, Ikigo cya mbere kinini mu bwishingizi mu Rwanda, cyagize Betty Sayinzoga Umuyobozi Mukuru. Ubu imyaka ibiri iri hafi kuzura.

Kabuga yabuze mu rubanza yarezwemo i Kigali
17 Nya 2023U Rwanda
Kabuga yabuze mu rubanza yarezwemo i Kigali

Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rwasubitse urubanza Ibuka yarezemo Kabuga Félicien ufungiwe i La Haye mu Buholandi ukekwaho ibyaha bya Jenoside, nyuma yo kutagera mu rukiko ndetse nta n'inyandiko igaragaza ko yamenyeshejwe ko yahamagajwe n'urukiko.

Komeza udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram