SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

THE MOST IMPORTANT WORLD NEWS AND EVENTS OF THE DAY

Subscribe to our mailing list to receives daily updates direct to your inbox!

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / FAQs / Contact Us 

Rachel Muramira
Izanditswe na Rachel Muramira
Abasoje amasomo muri Wellspring Academy basabwe kutaryamisha ubumenyi bahawe (Amafoto)
28 Kam 2025U Rwanda
Abasoje amasomo muri Wellspring Academy basabwe kutaryamisha ubumenyi bahawe (Amafoto)

Umuyobozi Mukuru w'Ikigo cya Wellspring Academy, Rudakemwa Stephen, yasabye abanyeshuri basoje amasomo gushyira imbere ibikorwa bigirira akamaro igihugu, bagakoresha neza ubumenyi bahawe, aho kubwicaza no kubukoresha nabi.

U Rwanda rwatangije ihuriro ry’urubyiruko ritangirwamo ubumenyi ku mikorere y’isoko ry’imari
22 Kam 2025Ubukungu
U Rwanda rwatangije ihuriro ry’urubyiruko ritangirwamo ubumenyi ku mikorere y’isoko ry’imari

Urwego rugenzura Isoko ry’Imari n’Imigabane ry’u Rwanda (CMA), rwatangije ihuriro ry’urubyiruko rizajya ritangirwamo ubumenyi ku mikorere y’isoko ry’imari n’imigabane ku rwego rw’igihugu.

Bitwaye iki kutagira uwo mukundana?
16 Kam 2025Utuntu n’Utundi
Bitwaye iki kutagira uwo mukundana?

Wigeze kuba iciro ry’imigani kubera kutagira umukunzi? Byigeze bigutera ipfunwe gusobanura ko uri ingaragu cyangwa nta mukunzi muri guhuza? Akenshi ntibyakirwa neza muri sosiyete, ahubwo bakwibazaho.

Goodrich Business Group yatashye Gym igizwe n’ibikoresho bikangura ingingo z’umubiri
14 Kam 2025U Rwanda
Goodrich Business Group yatashye Gym igizwe n'ibikoresho bikangura ingingo z'umubiri

Sosiyete ya Goodrich Business Group yizihije imyaka 16 imaze itanga serivisi z’ubuvuzi bw’umwimerere burimo inyunganiramirire, hamurikwa Gym yashinze, yunganirwa n'ibikoresho bifasha kugorora ingingo.

Impamvu nyamukuru zituma umuntu ashobora kurira asinziriye
12 Kam 2025Utuntu n’Utundi
Impamvu nyamukuru zituma umuntu ashobora kurira asinziriye

Hari ubwo muzaba muryamye wumve umuntu araturitse ararize, numureba ubone arasinziriye. Hari ubwo wumva umuntu avuze ngo naka yagize inzozi mbi n’ibindi, cyangwa ukumva umuntu arakubwiye ngo waraye urira kandi usinziriye. Byose bifite impamvu kandi zishingiye kuri siyansi.

Baterwa ipfunwe n’uko batabamazeho: Musa Fazil Harerimana ku bahekuye u Rwanda
24 Gic 2025U Rwanda
Baterwa ipfunwe n’uko batabamazeho: Musa Fazil Harerimana ku bahekuye u Rwanda

Depite Musa Fazil Harerimana yatangaje ko igikorwa cyo kwibuka kibabaza abagize uruhare muri Jenoside bagamije kumaraho Abatutsi ariko Inkotanyi zigatabara batarangije umugambi mubisha bari batangiye.

Ibyago birimo uburwayi bukururwa no kujyana  telefone mu bwiherero
7 Gic 2025Utuntu n’Utundi
Ibyago birimo uburwayi bukururwa no kujyana telefone mu bwiherero

Ubushakashatsi bw’Ikigo cy’Ikoranabuhanga, NordVPN, bwagaragaje ko 53.4% by’abatuye Isi bagirwaho ingaruka no gukoresha telefone mu bwiherero, u Buhinde bukiharira miliyoni 750 z’ababaswe n’uwo muco.

Mwulire: Bboxx yunamiye Abatutsi bazize Jenoside, inaremera Koperative y’abarokotse
30 Mat 2025U Rwanda
Mwulire: Bboxx yunamiye Abatutsi bazize Jenoside, inaremera Koperative y'abarokotse

Ikigo gisakaza ibikoresho bitanga ingufu zituruka ku mirasire y’izuba n’izindi serivisi zigamije iterambere, Bboxx cyifatanyije n'abarokotse Jenoside bo mu Murenge wa Mwulire mu gikorwa cyo kwibuka abazize Jenoside muri uyu murenge ndetse inatera inkunga "Koperative Twisungane" igizwe n'abagore barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi ikorera muri uyu Murenge.

Mukantagazwa yaburiye Abajenosideri bihishe bibwira ko ibyo bakoze bizibagirana
27 Mat 2025Mu Mahanga
Mukantagazwa yaburiye Abajenosideri bihishe bibwira ko ibyo bakoze bizibagirana

Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Mukantaganzwa Domitilla yaburiye abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, bakomeje kwihishahisha bazi ko ibyaha bakoze bizibagirana, abibutsa ko uko byagenda kose bazafatwa kuko icyaha cya Jenoside kidasaza.

Yatangiye yishidikanyaho none ubu ni inyenyeri: Urugendo rw’umuhanzi Chris Hat
24 Mat 2025U Rwanda
Yatangiye yishidikanyaho none ubu ni inyenyeri: Urugendo rw'umuhanzi Chris Hat

Umuhanzi nyarwanda Chris Hat wavukiye i Nyamirambo mu Mujyi wa Kigali ni umugabo wo kubihamya. Kuririmba byamubagamo ariko adatekereza ko yazakora ubuhanzi kinyamwuga, kuko yisuzuguraga. Intandaro yo guhanga yakomotse ku kiganiro yagiranye n’abanyeshuri b’inshuti ze, ageze mu mwaka wa mbere w’amashuri yisumbuye. Icyo gihe yari kumwe n’umuhungu ndetse n’umukobwa maze aririmbye barikanga. Uwo mukobwa yaramubajije […]

Komeza udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram