SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • politiki
  • ubuzima
  • imikino
  • imyidagaduro
  • ikoranabuhanga
  • umuco
  • ubukungu
  • abantu
  • ubukerarugendo
  • ibidukikije
  • amadini

Newsletter

THE MOST IMPORTANT WORLD NEWS AND EVENTS OF THE DAY

Subscribe to our mailing list to receives daily updates direct to your inbox!

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / FAQs / Contact Us 

Theodomire Munyengabe
Latest from Theodomire Munyengabe
Ubuhamya bwa Mukabutera wiciwe umwana muri Jenoside, akaribwa n’imbwa
22 Kam 2026U Rwanda
Ubuhamya bwa Mukabutera wiciwe umwana muri Jenoside, akaribwa n’imbwa

Mukabutera Marie Chantal ni umubyeyi w’imyaka 55 warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Yavuze uko yabohojwe n’umwicanyi akamugira umugore wa kabiri ndetse n’uko umwana umwe muri babiri yari afite icyo gihe yamwambuwe akicwa, akaribwa n’imbwa.

Abitabiriye ibitaramo bya ‘MTN Iwacu na Muzika’ beretswe ibyiza byo gukorana na BPR
21 Kam 2026U Rwanda
Abitabiriye ibitaramo bya ‘MTN Iwacu na Muzika’ beretswe ibyiza byo gukorana na BPR

BPR Bank Rwanda PLC yifashishije ibitaramo bya MTN Iwacu Muzika Festival 2026, ikangurira abaturage bo mu Karere ka Huye kuyoboka serivisi zayo z’imari cyane cyane gahunda ya Igurize Fasta Fasta ifasha abantu kubona inguzanyo byoroshye.

Bwa mbere mu mateka Green Party yagize inzego ziyihagarariye ku murenge
21 Kam 2026Politiki
Bwa mbere mu mateka Green Party yagize inzego ziyihagarariye ku murenge

Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (DGPR Green Party), bwa mbere mu mateka yaryo ryagejeje inzego zaryo ku rwego rw’umurenge, mu rwego rwo kurushaho kubaka inzego z’ishyaka no kugira uruhare mu iterambere ry’abaturage.

ActionAid yahaye inkunga Abarokotse Jenoside batishoboye
20 Kam 2026U Rwanda
ActionAid yahaye inkunga Abarokotse Jenoside batishoboye

Umuryango utari uwa Leta, ActionAid Rwanda wibutse abahoze ari abakozi ba Aide et Action bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi, ubifatanya no kuremera abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi batishoboye, mu rwego rwo kubasindagiza.

Abanye-Huye bakoranye siporo n’abahanzi bitabiriye Weekend ya MTN Iwacu Muzika
20 Kam 2026U Rwanda
Abanye-Huye bakoranye siporo n’abahanzi bitabiriye Weekend ya MTN Iwacu Muzika

Abatuye mu Mujyi wa Huye bongeye kuryoherwa na weekend y’ibirori bya MTN Iwacu Muzika yatangiranye na Siporo rusange yiswe ‘Huye Night Run’.

Nyaruguru: Miliyoni 300 Frw zo gufasha abatishoboye zakusanyijwe mu cyumweru kimwe
18 Kam 2026U Rwanda
Nyaruguru: Miliyoni 300 Frw zo gufasha abatishoboye zakusanyijwe mu cyumweru kimwe

Perezida w’Inama Njyanama y’Akarere ka Nyaruguru, Ingabire Véneranda, yatangaje ko mu cyumweru kimwe gusa, abafatanyabikorwa n’abajyanama b’Akarere bakusanyije ibintu by’agaciro ka miliyoni 293 Frw, byagenewe gufasha imiryango itishoboye.

Ubuhinzi bw’icyayi i Nyaruguru buha akazi abantu 10.000
17 Kam 2026U Rwanda
Ubuhinzi bw’icyayi i Nyaruguru buha akazi abantu 10.000

Mu Karere ka Nyaruguru bakomeje kwisunga ubuhinzi bw’icyayi mu kwiteza imbere aho mu myaka umunani ishize hegatari 5040 zirimo 2700 zahinzweho iki gihingwa ngengabukungu bikozwe n’imiryango isaga 3600. Ubu icyayi cyose kiri muri aka karere gihinzwe kuri hegitari 9362.

Green Party igiye gutangiza inzego zayo ku murenge
14 Kam 2026Amakuru
Green Party igiye gutangiza inzego zayo ku murenge

Umuyobozi Mukuru w’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (DGPR Green Party), Senateri Dr. Habineza Frank, yatangaje ko mu cyumweru kimwe baba batangije inzego nshya z’ishyaka ku rwego rw’umurenge, hagamijwe kurushaho kwegera abaturage no kubona abarwanashyaka benshi.

Nyanza: Baracyagowe no kumenya umubare nyawo w’abaganga bishwe muri Jenoside
14 Kam 2026U Rwanda
Nyanza: Baracyagowe no kumenya umubare nyawo w’abaganga bishwe muri Jenoside

Perezida wa Ibuka mu Karere ka Nyanza, Niyitegeka Jean Baptiste, yasabye ko hashakishwa amakuru y’abari abakozi b’ibitaro n’ibigo nderabuzima byariho mu Karere ka Nyanza mbere ya Jenoside, bishwe muri Jenoside, kuko ari byo bizatuma amateka yabo atibagirana, binafashe ko bitazongera kubaho.

Nyaruguru: Hari icyuho cya 80% by’imbuto y’ibirayi bakeneye
12 Kam 2026U Rwanda
Nyaruguru: Hari icyuho cya 80% by'imbuto y'ibirayi bakeneye

Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyaruguru bwatangaje ko hari gukorwa byinshi ngo hatezwe imbere ubuhinzi bw’ibirayi ubu bugeze kuri hegitari zisaga 9.000, aho hakomeje kongerwa ‘greenhouses’ zituburirwamo imbuto y’ibirayi byongera umusaruro, gusa hakaba hakiri icyuho cya 80% by’imbuto igitumizwa mu tundi turere bigahenda abahinzi.

Komeza Udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram