SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

Amakuru agezweho yaranze uyu munsi

Iyandikishe ukoresheje email yawe kugira ngo ujye ubona amakuru ako kanya

Dukurikire
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

Abo turibo / Ubwanditsi /Twandikire

Default Author
Umutoni Rosine

Lorem, ipsum dolor sit amet consectetur adipisicing elit. Ad nihil cumque laborum consequatur cupiditate ea, atque repellendus illum optio nesciunt aperiam, accusantium aut obcaecati eligendi debitis perferendis laboriosam, sapiente sit.

X (Twitter)
Izanditswe na Umutoni Rosine
Tanzania: Umugore yatangaje ko azahangana na Perezida Suluhu mu matora
17 Mut 2025Muri Afurika
Tanzania: Umugore yatangaje ko azahangana na Perezida Suluhu mu matora

Umuyobozi w'ishyaka ritavuga rumwe n'ubutegetsi muri Tanzania rya ACT Wazalendo, Dorothy Semu, yatangaje ko azahangana na Perezida Samia Suluhu mu matora y'Umukuru w'Igihugu ateganyijwe muri uyu mwaka.

Tomiko Itooka wari umuntu wa mbere ukuze ku Isi, yapfuye ku myaka 116
4 Mut 2025Mu Mahanga
Tomiko Itooka wari umuntu wa mbere ukuze ku Isi, yapfuye ku myaka 116

Umugore ukomoka mu Buyapani wari umuntu wa mbere ukuze kurusha abandi ku Isi, Tomiko Itooka, yapfuye afite imyaka 116, aguye mu kigo cyita ku bageze mu zabukuru mu mujyi wa Ashiya, mu ntara ya Hyogo.

Assad yahishuye igihe nyacyo yahungiye ava i Damascus
18 Uku 2024Mu Mahanga
Assad yahishuye igihe nyacyo yahungiye ava i Damascus

Bashar al-Assad uherutse guhirikwa ku butegetsi muri Syria agahungira mu Burusiya, yatangaje ko yari akiri mu Murwa Mukuru Damascus, kugeza ku itariki ya 8 Ukuboza, bitandukanye n'amakuru yavugwaga ko yahunze mu ibanga ku munsi ubanziriza uwo.

Ukraine yirukanye umuyobozi ukomeye mu gisirikare azira kudahagarika ibitero by’u Burusiya
14 Uku 2024Mu Mahanga
Ukraine yirukanye umuyobozi ukomeye mu gisirikare azira kudahagarika ibitero by'u Burusiya

Ubuyobozi bw’Ingabo za Ukraine bwirukanye umuyobozi wari ushinzwe ibikorwa byazo mu karere ka Donetsk mu Burasirazuba bw'icyo gihugu, aho ingabo za Ukraine zugarijwe n'iz'u Burusiya, mu bice byegereye icyambu cy'ubwikorezi cyo muri ako karere.

Trump yashyize hanze ‘parfum’ nshya, ayamamaza yifashishije ifoto ya Jill Biden
11 Uku 2024Imyidagaduro
Trump yashyize hanze 'parfum' nshya, ayamamaza yifashishije ifoto ya Jill Biden

Donald Trump watorewe kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yashyize hanze umubavu (parfum) mushya yise ‘Fight, Fight, Fight’, aho yawamamaje yifashishije ifoto ye na Jill Biden.

Biden yigambye uruhare mu ihirikwa ry’ubutegetsi bwa Assad
9 Uku 2024Mu Mahanga
Biden yigambye uruhare mu ihirikwa ry'ubutegetsi bwa Assad

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika uri kurangiza manda, Joe Biden, yatangaje ko afite uruhare mu ifatwa rya Damascus, Umurwa Mukuru wa Syria, ryakozwe n'inyeshyamba zitavugaga rumwe n'ubutegetsi bwa Perezida Bashar Assad.

Trump yashinje u Burusiya gutererana Assad wa Syria
8 Uku 2024Mu Mahanga
Trump yashinje u Burusiya gutererana Assad wa Syria

Perezida Donald Trump yashinje u Burusiya gutererana Perezida Bashar al-Assad, wakuwe ku butegetsi n’inyeshyamba kuri iki Cyumweru, agahunga.

USA: Umuyobozi ukomeye w’ikigo cy’ubwishingizi yishwe arashwe
5 Uku 2024Mu Mahanga
USA: Umuyobozi ukomeye w’ikigo cy’ubwishingizi yishwe arashwe

Brian Thompson, Umuyobozi w’Ikigo cy’ubwishingizi bw’Ubuzima, UnitedHealthcare, cyo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yishwe arashwe kuri uyu wa Gatatu muri New York City.

Perezida Joe Biden yagaragaye ahondobera mu nama
5 Uku 2024Utuntu n’Utundi
Perezida Joe Biden yagaragaye ahondobera mu nama

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yagaragaye asinziriye mu nama yiga ku mushinga wa gari ya moshi muri Angola.

Putin yatabarije Trump
29 Ugu 2024Mu Mahanga
Putin yatabarije Trump

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin yatabarije Donald Trump watorewe kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, avuga ko umutekano we utizewe akurikije uburyo yahushijwe kabiri mu gihe cyo kwiyamamaza.

Komeza udukurikire
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram